Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Nama Ntangara, Apollinaire. Iyi ndirimbo yarakunzwe cyane, inshuti nyinshi zacu zakomeje ku twandikira ngo tuyitangaze aha

Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Nama ntangara Iyo nkubonye
Nsanga urengeye uko bamwiye
Kandi ijwi ryawe, rindutira
ayandi yose nama numva

Ref:

Ibyo ukora byose ni byiza
kuko ubikorana urukundo
ibyo uvuga byose ni ukuri
kuko ubivugana urukundo

2

Nama ntangara, iyo nkubonye
nsanga urengeye uko bambwiye
Kandi ijwi ryawe, rindutira,
amajwi yose, nama numva

Ref:

Nisanze murukundo rwawe
wambereye uburuhukiro
ubuntu bwawe bumpagije
ndi kumwe nawe ndaruhutse

Ref:

Ibyo ukora byose ni byiza
kuko ubikorana urukundo
ibyo uvuga byose ni ukuri
kuko ubivugana urukundo

Umva Icyatumye Mpinduka

1

Umva icyatumye mpinduka nkitwa umukunzi
W’Imana nyirimbabazi, data wa twese
Ni uko hari uwiyambuye ubwiza bwose
Yambara umuvumo wose n’ububi bwanjye

Ref:

Yankunze ntabibereye nari uwo gupfa
Niwe yampuje n’Imana ubu ndashima
Ni Yesu zina riryoshye niwe nirata (X2)

2

Umva icyatumye mpinduka nkitwa umukunzi
W’Imana nyirimbabazi, data wa twese
Ni uko hari uwiyambuye ubwiza bwose
Yambara umuvumo wose n’ububi bwanjye

Ref:

Yankunze ntabibereye nari uwo gupfa
Niwe yampuje n’Imana ubu ndashima
Ni Yesu zina riryoshye niwe nirata (X2)

Nama Ntangara by Apollinaire

ni ndirimbo yakunzwe cyane mu bihe byao hambere

Please follow and like us:

About The Author

Leave a Comment

Instagram
LinkedIn
YouTube
Scroll to Top