
Abode Tidings Urubuga Nyarwanda
Nama ntangara Iyo nkubonye
Nsanga urengeye uko bamwiye
Kandi ijwi ryawe, rindutira
ayandi yose nama numva
Ref:
Ibyo ukora byose ni byiza
kuko ubikorana urukundo
ibyo uvuga byose ni ukuri
kuko ubivugana urukundo
2
Nama ntangara, iyo nkubonye
nsanga urengeye uko bambwiye
Kandi ijwi ryawe, rindutira,
amajwi yose, nama numva
Ref:
Nisanze murukundo rwawe
wambereye uburuhukiro
ubuntu bwawe bumpagije
ndi kumwe nawe ndaruhutse
Ref:
Ibyo ukora byose ni byiza
kuko ubikorana urukundo
ibyo uvuga byose ni ukuri
kuko ubivugana urukundo

Umva Icyatumye Mpinduka
1
Umva icyatumye mpinduka nkitwa umukunzi
W’Imana nyirimbabazi, data wa twese
Ni uko hari uwiyambuye ubwiza bwose
Yambara umuvumo wose n’ububi bwanjye
Ref:
Yankunze ntabibereye nari uwo gupfa
Niwe yampuje n’Imana ubu ndashima
Ni Yesu zina riryoshye niwe nirata (X2)
2
Umva icyatumye mpinduka nkitwa umukunzi
W’Imana nyirimbabazi, data wa twese
Ni uko hari uwiyambuye ubwiza bwose
Yambara umuvumo wose n’ububi bwanjye
Ref:
Yankunze ntabibereye nari uwo gupfa
Niwe yampuje n’Imana ubu ndashima
Ni Yesu zina riryoshye niwe nirata (X2)

Nama Ntangara by Apollinaire
ni ndirimbo yakunzwe cyane mu bihe byao hambere