Umuco Nyarwanda ugizwe n’ibintu byinshi. Mu buryo butandukanye n’ibindi bihugu byinshi byo muri Afurika –Itorero, ribyinwamo abagore; imbyino y’intwari, ikorwa n’abagabo n’ingoma. Ubusanzwe, umuziki uhererekanywa hagati y’abantu mu buryo nyamvugo. Ingoma ni ingirakamaro cyane, abakaraza b’i Bwami babaga bafite agaciro gakomeye mu rugo rw’Umwami. Mu busanzwe, abakaraza bavuza ingoma bari mu matsinda agizwe n’abantu bari hagati ya barindwi n’umunani.

Umuco urangwa n’ibyo abenegihugu bagaragaza,ibyo batekereza,ibyo bakunda,ibyo banga,ibyo bazirikana n’ibyo bafataho urugero.
Author Profile
- Abode tidings Urubuga Nyarwanda, umuntu uwo ariwe wese yemerewe gutanga ho ibitecyerezo. Byiza byubaka akakuri ku umutima gasese hano kuri abodetidings
Latest entries
BlogMarch 12, 2026Bidasubirwaho itegeko rigenga umuhanda mu Rwanda ryavuguruwe, Utwaye yanyoye ibisindisha azafungwa amezi atatu: Ibihano bikarishye ku batubahiriza amategeko y’umuhanda
BlogFebruary 18, 2026Intambwe nke zoroheje wakurikiza kugira ngo urusheho kugirana n’abandi imishyikirano myiza, zishobora gutuma nawe uba inshuti wifuza ko nawe wagira.
BlogFebruary 11, 2026Umuyobozi Mukuru wa NIDA, Mukesha Josephine, na we yifotoreje i Kigali, I Kigali bizakorwa mu byumweru birindwi: Imiterere ya gahunda yo gufotora abashaka Indangamuntu koranabuhanga
BlogNovember 16, 2024Dr Gaspard Ntahonkiriye yibanda ku ndirimbo gakondo z’umuco w’Ikirundi, igicurangisho yifashisha akaba ari inanga ndetse n’ikinanda (armonica).
Abode tidings Urubuga Nyarwanda, umuntu uwo ariwe wese yemerewe gutanga ho ibitecyerezo. Byiza byubaka akakuri ku umutima gasese hano kuri abodetidings
About The Author
Abode tidings Urubuga Nyarwanda, umuntu uwo ariwe wese yemerewe gutanga ho ibitecyerezo. Byiza byubaka akakuri ku umutima gasese hano kuri abodetidings