Abanyarwanda bari bazi gutoza abana babo
uburere bukwiye umuntu nyamuntu. Ibyo byakorwaga bakiri bato cyane kuko “Igiti kigororwa kikiri gito.” Abakobwa batozwaga uburere mu buryo butandukanye n’ubwo abahungu batozwagamo.
Umwana w’umukobwa yatozwaga na nyina, akamwigisha imirimo yo mu rugo, akamwigisha ibijyanye no gutunganya gahunda z’urugo. Iyo umukobwa yamaraga kuba umwangavu bamutozaga kujya asanga ab’urungano rwe mu rubohero bakitoza gukora imirimo y’amaboko ibagenewe irimo: kuboha ibikoresho bitandukanye nk’ibiseke, ibirago,
inkangara, gukora imitako n’ibindi.
Bigishwaga kugira ibanga, kubaha, gufata abagabo neza, kwakira abashyitsi, kubana neza n’abandi no
gufatanya na bo. Ibyo byabateguraga kuzavamo abagore babereye ingo zabo. Ninde wa hakana ibyo ni atubwire pee.

Dore icyo ntegetse abashakanye , atari jyewe ahubwo ni Nyagasani: umugore ntagatandukane n’umugabo we.
Ibyerekeye gushyingirwa no kudashyingirwa … Noneho ngeze ku byo mwanyandikiye. Uko mbona, ibyiza ni uko umugabo atakwegera umugore. Ariko kugira ngo mwirinde ingeso mbi, buri mugabo nagire umugore we, na buri mugore agire umugabo we. Umugabo ntakwiriye kwiyima umugore we, bityo n’umugore ku mugabo we. Umugore ntiyigenga ku mubiri we, ugengwa n’umugabo we; n’umugabo ntiyigenga ku mubiri we, ugengwa n’umugore we.

Umwiza wo muri bo ameze nk’igitovu, urushaho kuba intungane arutwa n’uruzitiro rw’amahwa. Umunsi wavuzwe n’abarinzi bawe, ari wo wo guhōrwa kwawe urageze
Uburyo Imana ibyutsa abaguye ikababarira abihannye Mbonye ishyano, kuko meze nk’ushaka imbuto zo ku mpeshyi ahamaze gusarurwa, cyangwa nk’ugiye guhumba imizabibu isarura rishize, ari nta seri ryo kurya kandi umutima wanjye urarikiye imbuto z’umutini z’umwimambere!
Sign up for my newsletter to see new photos, tips, and blog posts. Do not worry, we will never spam you.

Aenean eu leo quam. Pellentesque ornare sem lacinia quam venenatis vestibulum. Donec sed odio dui.