Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Blog

Grid

Yoweri Museveni n’umuhungu we Muhoozi Kainerugaba mu ifoto yegeranyijwe hakoreshejwe ubuhanga mu gutunganya amafoto

Muhoozi: Kuvuga ko aziyamamariza gusimbura se akabisiba inshuro ebyiri, bivuze iki? Kuwa kane, ku nshuro ya kabiri muri uku kwezi, …

Yoon Suk Yeol yari yakomeje kwanga kwegura nubwo ababimusaba bakomeje kwiyongera

Han yabwiye abanyamakuru bari bari ku nteko ishingamategeko ko ishyaka rya PPP “rizakosora imikorere mibi ndetse ribungabunge itegekonshinga na demokarasi” …

Victoire Ingabire mu rukiko ku wa kane ategereje guhabwa umwanya ngo yumvwe, Victoire Ingabire yafunzwe nyuma yo gutanga amakuru mu rukiko mu Rwanda

Mbere yo kugira icyo avuga, umucamanza mu ijwi ryumvikanamo kworoshya, yabanje kubwira Ingabire ngo yiyumve nk’umuntu “ugiye gutanga amakuru asabwa …

Uwo nzosanga mu biro ni je nzomwikurirayo’ – Prezida Ndayishimiye atanguza ibikorwa vy’isuku.

Ubu bushikiranganji buri mu bwo umukuru w’igihugu Evariste Ndayishimiye yagendeye mu mpera z’indwi iheze igihe yariko asuzuma ingene ibijanye n’isuku …

Uwishyaka Bazirisa ni umukobwa w’inkumi wiyemeje guhangana n’ubu bumuga yavukanye ndetse n’ihezwa ribushingiyeho bamwe mu bameze nka we bahura na ryo mu miryango.

Bazirisa ntashaka ko abana bafite ubumuga nk’ubwe bagirirwa impuhwe zitari ngombwa Bazirisa asaba ko imiryango yashyigikira abana bafite ubumuga nk’ubwe …

Urupfu rwa Gen Frank Rusagara: Ni iki yari azwiho kandi azibukirwaho?

Byakomojweho mu rukiko ko Frank Rusagara na Tom Byabagamba bagiranye ibibazo n’ubutegetsi kuva mukuru wa Byabagamba, David Himbara wabaye mu …

List

Imyiteguro yabanzirizaga ibitero by’ingabo z’u Rwanda rwo hambere, Ibyatumye Nduga ifatwa byaturutse ku bupfayongo bwa Mashira utari ubuze ingabo zikomeye kandi nyinshi, ariko we yahugiye mu byo kubana neza no gushyingirana.

Muri iyi minsi mfite intimba inshengura kubera umuco wacu: Uzi ko abantu basigaye baratakaje ubwuzu n’urugwiro mu kuramukanya, uhura n’umuntu ati : -Mwaramutse? (nk’aho atakureba aho kukubaza niba waramutse/waraye cyangwa wiriwe neza) -Ngo umwaka mushya? (kandi ubwo muwuhuriyemo aho kukwifuriza umwaka mushya muhire) -Bite? (ibiki ashaka ko uta?) -Ko tuburanye …

Imigani migufi : UMWANA W’INGAYI

Umugani wa Cacana n’urupfu rumuha inka! Cacana yari mukuza, yari mukoza. Yaje yihuta no kwa Bacondo, arabahamagara, arababwira ati « yemwe bene urugo, ntimushaka kubaga, nkabatiza intorezo n’umuhoro, mukampa ikibaro?» Baramukubita, aragenda n’i Gatovu kwa Rukangamiheto rwa Rwogera ati «yemwe bene urugo, ntimushaka kubaga, nkabatiza intorezo n’umuhoro, mukampa ikibaro ?» …

The Ben, na Bruce Melodie, imbere y’itangazamakuru, Ni ubwa mbere mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda habaye ikiganiro hagati y’abahanzi naryo kikabera ahantu hagari,

Bruce Melodie na The Ben bahoberanye bashyira akadomo ku bibazo byari bimaze iminsi bivugwa Gusuhuzanya mu ruhame Muri Kanama 2024, Bruce Melodie yagaragaje ko yabangamiwe n’uburyo The Ben yamuhobeye akamukanda ubwo bari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gitaramo cya Rwanda Day cyabereye i Washington DC. Aha yagize ati …

Sano Adolphe, umuhanzi uzwi ku izina rya, True Boy yabyaranye n’umukinnyi wa filime Mujawamariya Hyacinthe, ariwe uzwi nka Mukarujanga

Kambale Wilondja, uyu niwe unzwi nka kasuku media tv, cyangwa se Jay squeezer 250, This public records report, which includes information about KAMBALE L WILONDJA, This public records report, which includes information about KAMBALE L WILONDJA, is being displayed in accordance with all local, state, and federal freedom of information …

Ubushakashatsi bw’urwego rushinzwe umuco n’ururimi mu Rwanda bwerekanye ko abatari bacye mu mujyi wa Kigali bahitamo kuvuga indimi z’amahanga cyangwa bakavuga Ikinyarwanda kivanze n’indimi z’amahanga.

Uko abana bakoresha za robo mu kwitegura kuzaba impuguke, Ni bato mu myaka ariko ibyo bakora mu ikoranabuhanga byo biratangaje. Abo ni abana bari hagati y’imyaka icyenda na 12 bo ku ishuri ribanza rya Bright School riri mu karere ka Muhanga, rwagati mu Rwanda, bigishwa ubuhanga bwo gukora za robo …

Scroll to Top