Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

News

Blog, News

Bazongere Rosine umukinnyi wa Cinema umaze kumenyekana mu Rwanda.Rosine yari Umwe mubakunnyi b’imena bagaragaye muri filime Nyarwanda Papa Sava,filime ya City Maid.

Bazongere Rosine wamamaye muri filime nyaRwanda atewe ubwoba n’abashaka kwica mama we umubyara
Bazongere Rosine wamamaye muri filime nyaRwanda atewe ubwoba n’abashaka kwica mama we umubyara(Videwo)

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Bazongere Rosine wamamaye muri filime nyarwanda yavuze agahinda gakomeye ari guterwa n’amakuru amusanga i kigali ayo makuru aturuka aho yavukiye mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rukara ni uko umunsi ku munsi abantu baturanye bicwa ndetse mu ijoro ryahise bakaba bagerageje no kwica mama we.

Bazongere asangiza abamukurikirana inkuru ye yavuze ko aho aturukaho mu murenge wa Rukara mu karere ka Kayonza hagiye haturukayo inkuru z’incamugongo aho abantu hafi ya bose yari azi ndetse na bamwe mu bo biganye n’abari inshuti ze yagiye yakira amakuru ko bagiye bapfa mu buryo butandukanye ndetse buteye urujijo ndetse ubwo bugizi bwa nabi bukaba bukabije muri aka gace.

Gusa yagize agahinda gakabije ubwo yakiraga terefoni ya mama we ahagana saa munani z’ijoro amubwira ko hari abantu atazi bari kumukomangira ngo akingure gusa umubyeyi we yanze gukingura ahubwo ahitamo guhamagara umukobwa we amubwira ibiri kujya mbere.

Gusa kuva icyo gihe Rosine ntaratuza kuko afite umutima uhagaze yibaza niba aricyo gihe ngo yimure Mama we ataricwa nk’uko izindi nshuti ze nabo yari azi bagiye bapfa, ndetse muri ubu buhamya yasoje abaza icyo yakora.

Blog, News

Urukundo ni kimwe mu bintu by’ umunyenga ku Isi gusa kurwinjiramo ni kimwe no gutangira ikindi kintu cyose utamenyereye biragorana kubona aho uhera.

Ibyagufasha gutereta umukobwa muhuye bwa mbere
Kimwe mu bintu bikunze kugora abahungu ni ugutereta umukobwa bahuye bwa mbere mu gihe wamukunze, hari abahitamo kubireka bagashirira imbere abandi bakabicisha ku nshuti zabo nyamara bakabibibwiriye.

abodetidings yabakusanyirije bumwe mu buryo bwagaragajwe n’abahanga mu by’urukundo umusore cyangwa umugabo yakoresha mu gihe ahuye n’umukobwa bwa mbere akamukunda akifuza ko yamubera umukunzi.

Ikintu cya mbere ugomba gukora ni ukwigirira icyizere.

Niba muri kuganira ugomba guhagarara wemye kandi ukavuga umureba mu maso, ukirinda kuvuga wubitse umutwe cyangwa ureba hirya. Ibyo abakobwa barabikunda cyane kuko bimwereka ko wiyizeye kandi ibyo uvuga udashidikanya.

Gutegura icyo umuganiriza mbere
Mbere y’uko umwegera ugomba kubanza ukamenya icyo utangira umubwira hato utazagera imbere ye ukarya indimi. Ushobora nko gutangira umubwita ko yambaye neza cyangwa ikindi cyerekeye kuri we.Ibi kandi usibye kuryoshya ikiganiro bizakongerera na cya cyizere twavuze haruguru.

Ugomba kuba usa neza.

Aha ndavuga kuba wambaye imyenda myiza imeshe,wiyuhagiye (udafite impumuro mbi ku mubiri cyangwa mu kanwa,….).Ibi byo ni ngombwa cyane kuko sinzi ko hari inkumi yakwemera kukuvugisha mu gihe udafite impumuro nziza. Ugomba rero kuba wambaye neza uko ushoboye.

Ujye wirinda ko ikiganiro cyanyu kigera ahantu kigasa nk’igihagaze kubera kubura ibyo uvuga.
Mu byo uvuga byose ugomba gukora uko ushoboye ikiganiro kigakomeza kuburyo kidahagarara ngo abe yahugira mu bindi, ibi bituma akomeza kukeitaho cyane no gutwarwa n’ibyo umubwira aho guhugira mu bindi birimo telefone,iyo ukomeje kumuganiriza kandi bigufasha kumwigarurira mu ntekerezo kuburyo adapfa no kugusiga.

Mu gihe muganira ni byiza ko wajya unyuzamo ukamubwira utuntu dusekeje

Iyo uri kuganira n’umukobwa wakunze ariko mwahuye bwa mbere biba byiza kumusetsa cyane kuko biryoshya ikiganiro kandi bigatuma atarambirwa. Gusa ugomba kwirinda kubikora cyane kuko byatuma agufata nk’aho uri gukina ikinamico imbere ye.

Kutarambirana imbere ye

Birumvikana ikiganiro cyanyu cyagenze neza mwese mwaryohewe. Nibyo koko biragaragara ko umukobwa adashaka ko usezera gusa ujye uharanira kurangiza ikiganiro hakiri kare mbere y’uko urambirana kuko umusiga akigushaka bigatuma ashaka kongera kuzahura nawe mukaganira. Birumvikana aho niho umwakira numero ya telefone ye ndetse n’ibindi bijyanye n’ibyo.

Niba rero wajyaga ugira imbogamizi zo kwegera umukobwa ngo umubaze akazina ubwo rero nakubwira ngo amahirwe masa kandi nizere ko izi nyigisho zagufashije.

Blog, News

Ikigo gishinzwe gufata inzoka kikazisubiza mu gasozi cyo mu mujyi wa Melbourne (cyitwa Melbourne Snake Control) cyavuze ko cyitabajwe ngo gikureho iyo nzoka.

Inzoka yahakije umuntu yahereye ku masahani muri Indonesia

shami rishinzwe kubungabunga umutungo kamere wa Alabama rivuga ko izi nzoka zazimiye muri Leta ya Alabama mu myaka ya 1950, ahanini bitewe no kubura ahaboneye ziba kubera ko hagiye harushaho guturwa n’abantu.

Jim Godwin, umuhanga mu bijyanye n’ibinyabuzima muri porogaramu y’umurage ya Alabama iyobowe n’Inzu Ndangamurage muri Kaminuza ya Auburn; atangaza ko inzoka “ari ingezi mu bigize urusobe rw’ibinyabuzima” nubwo zagiye zigabanuka cyane kubera kutitabwaho ugereranyije n’izindi nyamaswa.

Mu 2006 itsinda ry’abashinzwe kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima muri Leta ya Alabama, ryatangije ku mugaragaro gahunda yo kongera kugarura muri leta yabo izi nzoka zizwi nka “Easten Indigo Snake” aho icyo gihe bahereye ku bwoko bw’izashoboraga kuboneka muri leta ya Georgia ndetse bakaba bafite intego yo kugarura nibura inzoka zigera kuri 300 zikongera kororokera muri Leta yabo.

Godwin avuga ko iyo baherutse kuvumbura atari nini kandi igaragaza ko yavukiye inakurira mu gasozi kuko itandukanye n’izisanzwe zikurikiranirwa mu byanya byazo byihariye ndetse bakanabyemezwa n’uko yo nta gakoresho k’ikoranabuhanga yari ifite mu gihe izisanzwe zishyirwamo ako kuma gafasha abashakashatsi kuzikurikirana no kutazitiranya n’izindi bitewe n’icyo ubushakashatsi bugamije.

Indi nzoka nk’iyi yo mu gasozi yaherukaga kuboneka mu 2020 aho Godwin avuka ko zombi bagiye bazibona mu buryo butunguranye.

Izindi zo muri ubu bwoko ariko zitari izo mu gasozi, usanga ziba nini zikanagira uburebure bukabakaba metero 2,5.

Mu rugendo rwabo rwo kongera kugarura ibikururanda muri leta yabo, bafite abafatanyabikorwa barimo Kaminuza ya Auburn, Ishami rya Leta ya Alabama rishinzwe kubungabunga ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima, abashinzwe amashyamba hamwe n’abandi batandukanye babashije gushyigikira icyo gitekerezo.

Blog, News

Ku mupaka wa Gatumba haboneka abanyagihugu bajana ibidandazwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, abandi babikuyeyo

Vyari bitegekanijwe ko ku mipaka yose Uburundi buhana na Kongo haca hamanikwa urutonde rw’ibidandazwa birenga 60 vyemerewe guhanahanwa mu buryo bworoheje hagati y’ibihugu vyompi.

Ariko abadandaza bavuga ko n’ivyo bitakozwe.

Noracique Nahishakiye avuga ko bataramenya ko barabirekura, “nta n’ubwo turabona n’aho vyanditse ngaha ibiteguwe kugira ngo tumenye ivyo twopakira”.

Aba badandaza bipfuza ko uwo mugambi woshirwa mu ngiro vuba kugira batore akoyoko.

Mu bushikiranganji bw’ubudandaji basigura ko RECOS ari umugambi wagutse cane utaraba umupaka umwe gusa.

Onésime Niyukuri abuvugira, yabwiye Itangazamakuru ko uwo mugambi werekeye imbibe zitanu Uburundi buhana na Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.

Asigura rero ko hakiri ibiriko biratunganywa vyihuta kw’izo mbibe zose kugira umugambi uje mu ngiro ijana kw’ijana.

Avuga ati: “Ikintu ca mbere cari cihutirwa, kwari ugutanguza umugambi.

“Hanyuma rero ibiheza bikurikira bikorwe, harimo guha impapuro barya badandaza… ivyo kubaka, ivyo gushiraho vya bikoresho bikenerwa mu kugenzura abinjira n’abasohoka canke ayo mabarabara yandi azoba asabwa kubakwa…”

Niyukuri avuga ko uyu mugambi ari uw’imyaka ine, reta y’Uburundi ikaba yitezwe kuwutangako ibihumbi 90 vy’amadorari y’Amerika.

Mu bidandazwa birabwa n’uyu mugambi harimwo ubwoko butandukanye bw’ibitungwa, ivyimburwa, inyama, amafi, n’ibindi.

Blog, News

Minembwe muri Kivu y’Epfo, Imirwano Ikaze, abatuye mu Minembwe bavuga ko bari bamaze igihe mu gahenge badahunga imirwano

Gad Mukiza arongoye ako karere, avuga ko izo ntambara ziri hagati y’imirwi yitwaje ibirwanisho y’abanyamulenge ku ruhande rumwe, n’abo mu bwoko bw’Abafulero, Ababembe, n’Abanyindu ku rundi ruhande.

Bwana Mukiza avuga ko zatanguriye muri Segiteri ya Tombwe iri muri ‘Territoire ya Mwenga, hari kw’igenekerezo rya ndwi uku kwezi kw’icenda. Ubu zikaba zasubiriye.
Bwana Mukiza avuga ko Leta yarungitse ingabo muri ako karere kugira ngo zigarukane ituze, akibaza ko mu minsi mikeya abahunze bashobora gusubira mu zabo.
Izo ntambara ziva kuki?
Umunyamakuru wa Radio Televiziyo y’igihugu ca Congo, Mahoye Madiba Issa, ari mu karere ka Fizi, avuga ko izo ntambara zari zacureshe.

Ibi vyabaye inyuma y’aho abategetsi batari bake, harimwo abaserukira MONUSCO bagendeye ako karere kugira ngo basukemwo mabisi.

Ingwano ariko avuga ko zasubiriye busha muri iyi minsi n’abantu bakaba bataye ivyabo barahunga.

Aka gace kama mu ruhagarara rushingiye ku moko kuva mu myaka ya 1960.

Bwana Mukiza avuga ko kuva kera ubutegetsi butashoboye guhagarika izo ntambara.

Ati: “Ni Abanyamulenge barwana n’abaturanyi babo b’Abafulero, Ababembe n’Abanyindu. Ni ikibazo kigenda kigaruka kigafata isura y’amoko”.

“Ibintu bija kwunyurwa n’abanyepolitike babironderamwo inyungu zabo ari nabo bateranya abanyagihugu bafatiye ku moko”.

Iyo mirwano yasubiye kwaduka yatumye abantu ibihumbi bahungira mu bice bitandukanye vy’igihugu, abandi nabo bahungira mu bihugu bibanyi.

Bwana Mukiza avuga ko ku mugwa mukuru wa komine Minembwe honyene habarizwa impunzi zingana na 49.500 ahanini bagizwe n’Abanyamulenge.

Avuga ko hari n’igitigiri kitari gito kigizwe n’Abafulero, Ababembe n’Abanyindu bahungiye mu karere ka Fizi.

Avuga ko izo mpunzi ziri mu ngorane zikomeye kubera bigoye ko imfashanyo zibashikira kubera amabarabara atameze neza.

Scroll to Top