Abode Tidings

Abakora umuziki mu ...
 
Notifications
Clear all

Abakora umuziki mu Rwanda, bari kwibaza uko bazabaho nyuma y’uko ibitaramo bifunzwe. Bamwe mu Bahanzi bavuga ko bakomwe mu nkokora, kuko ari ko kazi kabo ka buri munsi kabatunze.

2 Posts
2 Users
0 Reactions
41 Views
Posts: 0
Topic starter
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Ruhumuriza James uzwi kw’izina ry’ubuhanzi rya ‘King James’ avuga ko ihagarikwa ry’ibitaramo rizabashyira mu ngaruka nk’abahanzi, kuko ngo basanzwe binjiza amafaranga menshi avuye muri ibyo bitaramo. 😎 🤨 😪 Ati “Twakomwe mu nkokora cyane n’iyi myanzuro ivuguruye, ihagarika ibitaramo, ariko ni ukubyakira kuko icya mbere ni ubuzima. Gusa nk’abantu dusanzwe twinjiza amafaranga avuye mu gukora umuziki, no kuwucuruza mu bitaramo, ni igihombo gikomeye cyane. Harebwa icyakorwa nk’abahanzi bari batunzwe no gukora umuziki gusa, bagafashwa.” 😢


1 Reply
Posts: 0
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Nta muhanzi ukora umuziki gusa, ahubwo baba bafite ubwoba yuko amazina yabo yakibagirana naho ubundi, nta muntu numwe watungwa no gukora umuziki gusa 😀 😀 


Reply
Share:
Scroll to Top