Notifications
Clear all
Abakora umuziki mu Rwanda, bari kwibaza uko bazabaho nyuma y’uko ibitaramo bifunzwe. Bamwe mu Bahanzi bavuga ko bakomwe mu nkokora, kuko ari ko kazi kabo ka buri munsi kabatunze.
Posts: 0
Topic starter
Oct 25, 2024 2:19 pm
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago
Ruhumuriza James uzwi kw’izina ry’ubuhanzi rya ‘King James’ avuga ko ihagarikwa ry’ibitaramo rizabashyira mu ngaruka nk’abahanzi, kuko ngo basanzwe binjiza amafaranga menshi avuye muri ibyo bitaramo. 😎 🤨 😪 Ati “Twakomwe mu nkokora cyane n’iyi myanzuro ivuguruye, ihagarika ibitaramo, ariko ni ukubyakira kuko icya mbere ni ubuzima. Gusa nk’abantu dusanzwe twinjiza amafaranga avuye mu gukora umuziki, no kuwucuruza mu bitaramo, ni igihombo gikomeye cyane. Harebwa icyakorwa nk’abahanzi bari batunzwe no gukora umuziki gusa, bagafashwa.” 😢
1 Reply
Posts: 0
Oct 25, 2024 2:24 pm
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago
Nta muhanzi ukora umuziki gusa, ahubwo baba bafite ubwoba yuko amazina yabo yakibagirana naho ubundi, nta muntu numwe watungwa no gukora umuziki gusa 😀 😀
Reply
Forum Information
- 1 Forums
- 1,369 Topics
- 1,975 Posts
- 0 Online
- 5 Members
Our newest member: Adil Adi
Forum Icons:
Forum contains no unread posts
Forum contains unread posts
Topic Icons:
Not Replied
Replied
Active
Hot
Sticky
Unapproved
Solved
Private
Closed