Abode Tidings

Aborozi bavuga ko i...
 
Notifications
Clear all

Aborozi bavuga ko ikibazo gikomeye ari ibiryo by’amatungo birushaho kuzamura ibiciro ku isoko, hakaba ndetse n’ikibazo cy’ibikorwa remezo bihenze kubashaka gukora ubworozi bwa kinyamwuga.

2 Posts
2 Users
0 Reactions
39 Views
Posts: 0
Topic starter
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Mu kwezi kwa 9 umwaka wa 2023 leta yashyizeho politiki y’uko inka zose zigomba kuva mu nzuri zikororerwa mu biraro-gusa si buri mworozi ushobora kwigondera ikiraro cya kijyambere, ariko ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB kivuga ko bimwe mu bikorwa remezo nk’ byashyiriweho nkunganire ya Leta (ni amafaranga leta yongera ku kiguzi gisabwa) aborozi. 🥂 🍔 


1 Reply
1 Reply
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Posts: 0

Posted by: @Anonymous

Mu kwezi kwa 9 umwaka wa 2023 leta yashyizeho politiki y’uko inka zose zigomba kuva mu nzuri zikororerwa mu biraro-gusa si buri mworozi ushobora kwigondera ikiraro cya kijyambere, ariko ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB kivuga ko bimwe mu bikorwa remezo nk’ byashyiriweho nkunganire ya Leta (ni amafaranga leta yongera ku kiguzi gisabwa) aborozi. 🥂 🍔 

abantu barabura ibyo barya naho amatungo akabona ibyo arya mwa bakaritasi mwe

 


Reply
Share:
Scroll to Top