Abode Tidings

Ahangaha Yesu arash...
 
Notifications
Clear all

Ahangaha Yesu arashimangira gusa ko tugomba kubabarira abandi niba natwe dushaka ko Imana itubabarira. Ntabwo arimo atubwira uburyo bwihariye bwo kubabarira n’icyo umuntu agomba gukora kugira ngo undi amuhe imbabazi.

1 Posts
1 Users
0 Reactions
14 Views
Posts: 0
Topic starter
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Urabona kandi hano ko Yesu atavuga ko tugomba gusaba Imana imbabazi kugira ngo ibone kuziduha. None se twirengagize ibindi byose Bibiliya ivuga ku kubabarira kw’Imana gushingira ku gusaba imbabazi kwacu (reba Mat 6:12; 1 Yohana 1:9)?  😆 😍 😎 


Share:
Scroll to Top