Notifications
                
            
                Clear all
    
            
        
         Main Forum
        
    
    
                    
                        
                        1                    
            Posts
        
        
                    
                        
                        1                    
            Users
        
        
                    
                        
                        0                    
            Reactions
        
        
                    
                        
                        48                    
            Views
        
        Oct 27, 2024 6:16 pm
                        NI NDE muri mwe utarabeshywa n’umukiriya?” Hashize imyaka runaka umwarimu wigisha iby’amategeko akoze ubushakashatsi agenda abaza icyo kibazo. Basubizaga bate? Asobanura agira ati “muri ba avoka babarirwa mu bihumbi, umwe gusa ni we wenyine utarabeshywe n’umukiriya.” Kuki we atabeshywe? “Uwo mwavoka yari yaratangiye akazi ke akorera isosiyete nini ku buryo yari atarigera avugana n’umukiriya.” Ibyo bintu byabaye bigaragaza ukuri kubabaje, ko kubeshya n’uburiganya byogeye muri iyi si ya none. 😎 😍 🤣 🤑
 
				