Notifications
Clear all
Main Forum
1
Posts
1
Users
0
Reactions
14
Views
Oct 27, 2024 6:16 pm
NI NDE muri mwe utarabeshywa n’umukiriya?” Hashize imyaka runaka umwarimu wigisha iby’amategeko akoze ubushakashatsi agenda abaza icyo kibazo. Basubizaga bate? Asobanura agira ati “muri ba avoka babarirwa mu bihumbi, umwe gusa ni we wenyine utarabeshywe n’umukiriya.” Kuki we atabeshywe? “Uwo mwavoka yari yaratangiye akazi ke akorera isosiyete nini ku buryo yari atarigera avugana n’umukiriya.” Ibyo bintu byabaye bigaragaza ukuri kubabaje, ko kubeshya n’uburiganya byogeye muri iyi si ya none.