Notifications
                
            
                Clear all
    
            
        Nov 15, 2024 4:41 pm
                        Umuganga gakondo uzwi ku mazina ya Salongo yubatse umuhanda mu Karere ka Bugesera wamutwaye Miliyoni 50 y’u Rwanda, ngo ni nyuma yo kubona ko ntacyo yaha igihugu uretse kucyitura imbaraga ze. 🍷 🤧
Ni umuhanda wo mu Mudugudu wa Rugara, Akagari ka Nyamata mu Murenge wa Nyamata ureshya n’igice cya kirometero wubatswe na Rurangirwa Wilson wiyemerera ko ari umupfumu. 🥂
 
				