Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Forum

David Himbara, wigi...
 
Notifications
Clear all

David Himbara, wigize Perezida w’Umuryango wiyita ko ari uwa abaturage ba Canada bahangayikishijwe ngo n’imvururu zishingiye kuri Politiki mu Rwanda ari mu gahinda, kandi akaba ashishikajwe no kwishyira heza nk’ubuheri, yitaka ndetse no kwisingiza.

1 Posts
1 Users
0 Reactions
26 Views
RwandaNziza
Posts: 664
Topic starter
(@rwandanziza)
Noble Member
Joined: 6 months ago

Biratangaje kuba Himbara yarashoboye kubona abamutega amatwi, cyane cyane muri Canada, aho atuye, bashobora kumva ibinyoma bye byambaye ubusa, avuga ko nta burenganzira bw’ikiremwa muntu buba mu Rwanda. Kandi igitangaje, n’uko atajya atanga ibimenyetso 😍 😎 😀 🤨 

Reply
Scroll to Top