Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Forum

Dr. Donald Kaberuka...
 
Notifications
Clear all

Dr. Donald Kaberuka yavuze ko yicuza imyaka ibiri yize mu ishuri ry’imiyoborere ryo mu mahanga, Ni ibyo yagarutseho mu butumwa yatanze ubwo hafungurwaga ku mugaragaro African School of Governance.

1 Posts
1 Users
0 Reactions
26 Views
Posts: 20
Admin
Topic starter
(@admin)
Member
Joined: 7 months ago

Dr. Donald Kaberuka wabaye Umuyobozi Mukuru wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, BAD, akaba ari n’umwe mu bagize Inama y’Ubutegetsi ya African School of Governance, 🤣 yavuze ko ikintu yicuza mu myaka myinshi amaze mu mirimo itandukanye, ari imyaka ibiri yamaze yiga mu ishuri ry’imiyoborere mu gihugu kimwe cyo mu Burengerezabuba bw’Isi. 😆 

Reply
Scroll to Top