Notifications
Clear all
Main Forum
1
Posts
1
Users
0
Reactions
18
Views
Nov 27, 2024 11:39 pm
Iyo uganira n’abantu,ukaba uzi indimi nyinshi,hari igihe wisanga washyizemo n’ibyo abo muganira batumva.uko niko biba kumuntu uvuga mundimi,kandi umwuka aradusabira,iyo adusabira rero avuga mururimi rw’iwabo(mu ijuru)kugira ngo bamwumve vuba kandi neza,niyompamvu umuntu avuga indimi zitumvikana nawe ubwe ntamenya ibyavuze ariko akumva ahatwa kubivuga.