Notifications
                
            
                Clear all
    
            
        
         Main Forum
        
    
    
                    
                        
                        1                    
            Posts
        
        
                    
                        
                        1                    
            Users
        
        
                    
                        
                        0                    
            Reactions
        
        
                    
                        
                        44                    
            Views
        
        Nov 27, 2024 11:39 pm
                        Iyo uganira n’abantu,ukaba uzi indimi nyinshi,hari igihe wisanga washyizemo n’ibyo abo muganira batumva.uko niko biba kumuntu uvuga mundimi,kandi umwuka aradusabira,iyo adusabira rero avuga mururimi rw’iwabo(mu ijuru)kugira ngo bamwumve vuba kandi neza,niyompamvu umuntu avuga indimi zitumvikana nawe ubwe ntamenya ibyavuze ariko akumva ahatwa kubivuga.
 
				