Ese umuntu apfuye apfiriye mu byaha ariko atarigeze yumva ubutumwa bwiza bizamugendekera bite? Unsubiza akoreshe ibyanditse murakoze
Gukizwa, ni impinduka iba mu muntu imbere ariko ikanagaragarira inyuma binyuze mu myitwarire y’umuntu.Agakiza kagaragarira mu ngeso zacu no mu bikorwa dukora. Pawulo yandikiye ab'Abafilipi ababwira ukuntu ingeso zabo zikwiye kumurikira abakiri mu byaha (Abaf 2:12-15) kuko agakiza kabonekera mu ngeso nziza.
Waba uzi umuntu wasubiza kino kibazo ? twabajije hejuru Cyhereze hano hasi 😀 🙂
urakoze gusangiza ibiGukizwa, ni impinduka iba mu muntu imbere ariko ikanagaragarira inyuma binyuze mu myitwarire y’umuntu.Agakiza kagaragarira mu ngeso zacu no mu bikorwa dukora. Pawulo yandikiye ab'Abafilipi ababwira ukuntu ingeso zabo zikwiye kumurikira abakiri mu byaha (Abaf 2:12-15) kuko agakiza kabonekera mu ngeso nziza.
Waba uzi umuntu wasubiza kino kibazo ? twabajije hejuru Cyhereze hano hasi 😀 🙂
- 1 Forums
- 1,369 Topics
- 1,975 Posts
- 1 Online
- 5 Members