IBYO ABADIVANTISITI B’UMUNSI WA KARINDWI BIZERA, Benedata na bashiki bacu,nshuti z’umusabara turashimira Imana cyane kubw’ijambo ryayo riri muri ikigitabo.N’imbaraga yayo yatumye gihindurwa m’ururimi rwacu.
Tukaba tubashishikariza kubwo gufashwa n’Umwuka wera kwiga ikigitabo tugasobanukirwa neza nibyo twizera 🍟 .Kuko umwanzi yifashishije intwaro ikomeye uhereye kera kose yo kuduheza mubujiji bwo kutamenya ibyo twizera aribyo “gakiza twaboneye muri kristo yesu umukizaw’inyokomuntu.” 🌹 💣
Umva mwana w’Imana, Imana ikeneye ko umenya iby’agakiza kawe bityo ukizera
udashidikanya ,kuko kwizera nyakuri guturuka mukumenya. 🤠 😇 Ibuka ko icyo itorero ryashizwe nyuma yuko Yesu asubiye mw’ijuru arugutangaza
ubutumwa bwiza bwiteka ryose ,ibyo bisobanutse neza mu mahame 28 twizera nk’ukuri kwa Bibiliya. Muvandimwe ikigitabo cyategerejwe igihe kirekire ,none dore ngicyo mubiganza byawe,sogongera umenye ko Uwiteka agira neza.Ikigitabo gihinduwe mukinyarwanda bw’ambere m’umwaka 2008 n’itorero ry’abadivantiste bumunsi
wakarindwi rya Kaminuza nkuru y’u Rwanda kubufatanye na yunyoni y’u Rwanda(RUM). 🍔 🥀 🍔
-
Ibaruwa yandikiwe Abakolosayi 2:1-23, Ndashaka ko mumenya ukuntu mpatana ngo mbafashe, yaba mwe, ab’i Lawodikiya+ n’abandi bose batigeze bambona. Bibiriya Yera itubuza kwizihiza isabato, soma iyi nkuru yose.
1 year ago
-
Itorero ry’abadivantisiti b’umunsi wa karindwi mu Rwanda, Burundi no muri Kongo y’uburasirazuba ryatangiriye i Gitwe ho mu karere ka Ruhango, muw’1924 nibwo hubakwaga urusengero rwa mbere rw’abadivantisiti, ariko mu 2011 byatangaje imbaga y’abakirisi
1 year ago
- 1 Forums
- 1,369 Topics
- 1,975 Posts
- 0 Online
- 5 Members