Abode Tidings

Irene Ntale uri mu ...
 
Notifications
Clear all

Irene Ntale uri mu bahanzikazi bafite izina rikomeye mu muziki wa Uganda no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, yambitswe impeta n’umusore witwa Vincent Kalibbala bitegura kurushinga.

1 Posts
1 Users
0 Reactions
20 Views
Posts: 0
Topic starter
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Vincent Kalibbala wambitse impeta Irene Ntale mu ijoro ryo ku wa 28 Ugushyingo 2024, ntabwo ari umugabo usanzwe uzwi cyane mu myidagaduro.

Irene Ntale wakoranye indirimbo Guluma na Jules Sentore, asanzwe ari umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda akaba yambitswe impeta n’umusore bitegura kurushinga ku myaka 35 y’amavuko. 😎 


Share:
Scroll to Top