Notifications
                
            
                Clear all
    
            
        Oct 30, 2024 2:31 pm
                        Ni nkaho navutse ntumva. Mama yibuka ko yabonye icyo kibazo mfite amezi abiri. Najyanywe ku bitaro bitandukanye nyuma banzura ko ntumva" - Uwimana Jeannette
Ku myaka 26, niwe mukobwa wa mbere ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga wateye intambwe yo kwinjira mu irushanwa rya Miss Rwanda, ubu ahatanye n'abandi 😟 😡 😠
 
				