Abode Tidings

Kidumu Kibido asang...
 
Notifications
Clear all

Kidumu Kibido asanga ibyo Bruce Melodie yakorewe ari akarengane kuzuye. Polisi y’u Burundi yataye muri yombi Bruce Melodie akigera muri icyo gihugu ashinjwa ko hari amafaranga abereyemo umwe mu bashoramari bakomeye, unategura ibitaramo. Nyuma yaje ku

2 Posts
2 Users
0 Reactions
42 Views
Posts: 0
Topic starter
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Mu mpera za 2018 ni bwo hamenyakanye amakuru y’uko Bruce Melodie yatumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza Noheli, cyagombaga kubera mu Mujyi wa Bujumbura ku wa 25 Ukuboza.

Bitewe n’ibibazo by’umutekano wari utaramera neza i Burundi, Bruce Melodie yafashe icyemezo cyo kutajya gutaramirayo, ntiyanasubiza ‘avance’ yari yahawe ku mafaranga yari guhembwa. 😎 😣 😴 


1 Reply
Posts: 0
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Ndibaza yuko umwenda yawishyuye, kuko ibyo yakoze byari uburyarya. Muri make yari yibye kuko yari yatinye kujya i Burundi yagombaga gusubiza advance yari yahawe 🍵 🍻 🍾 


Reply
Share:
Scroll to Top