Notifications
                
            
                Clear all
    
            
        
         Main Forum
        
    
    
                    
                        
                        1                    
            Posts
        
        
                    
                        
                        1                    
            Users
        
        
                    
                        
                        0                    
            Reactions
        
        
                    
                        
                        234                    
            Views
        
        Nov 01, 2024 2:36 pm
                        Abajijwe n’itangazamakuru niba hari abashinzwe umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) baba baramwegereye ngo bagire imikoranire nk’uko byagiye bivugwa, Jimmy yabihakanye avuga ko ibyo bitabayeho. 😎 😀 🤣 😆
Ati ’’Ferwafa nta na rimwe yigeze imvugisha cyangwa inyitabaza. Gusa kuri ubu ntegereje ko hari amahirwe yaboneka nanjye nkagira icyo nakorera umupira w’u Rwanda. Birumvikana ni ikintu mpora ntekereza hari uburyo bubonetse nabikora”. 😎 😀
 
				