Abode Tidings

Kuva Orchestre Impa...
 
Notifications
Clear all

Kuva Orchestre Impala de Kigali zakongera kuvuka bundi bushya nyuma y’imyaka zari zimaze zitakibaho kubera ibibazo birimo n’uko abari bazigize benshi bapfuye, kuri ubu ziri gushimisha Abanyarwanda b’ingeri zose.

1 Posts
1 Users
0 Reactions
18 Views
Posts: 0
Topic starter
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Impala n’imparage zimaze igihe zariyemeje kuzenguruka igihugu cyose mu rwego rwo kongera kwiyereka Abanyarwanda. 

Impala zararirimbye abantu barabyina karahava.

Abanyamuhanga bemeza ko ari ubwa mbere itsinda ry’abaririmbyi cyangwa abaririmbyi ku giti cyabo baje muri aka karere nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi bakitabirwa n’abantu benshi nk’abo Impala zabonye. 😎 😎 


Share:
Scroll to Top