Notifications
                
            
                Clear all
    
            
        
         Main Forum
        
    
    
                    
                        
                        1                    
            Posts
        
        
                    
                        
                        1                    
            Users
        
        
                    
                        
                        0                    
            Reactions
        
        
                    
                        
                        50                    
            Views
        
        Oct 15, 2024 10:46 pm
                        Umuforomokazi ku bindi bitaro by'i Kigali – umujyi ubu ufatwa nk’izingiro ry’iyi ndwara – avuga ko umwe mu baganga bakoranaga ari we wapfuye nyuma yo kurwara indwara itazwi, mu gusuzuma umurambo we bakabona iyi virusi. Abashinzwe ubuzima mu Rwanda ntabwo batangaje uko iyi virusi yabonetse mu gihugu, kandi bavuze ko iperereza ku ho yakomotse rikirimo gukorwa.
 
				