Abode Tidings

Mu Rwego Rwo Guhang...
 
Notifications
Clear all

Mu Rwego Rwo Guhangana N’inzara Yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye Yageneye Ikilo Cy’inyama Buri Mukozi Wo Mu Biro Bye.

1 Posts
1 Users
0 Reactions
41 Views
Posts: 0
Topic starter
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

Aho ibintu bigeze, ngo igihangayikishije gusa ni ukubona ikijya mu nda gihagije, naho ngo kuvuga ibifite intungamubiri byo ni ubutesi.

Mu rwego rero rwo kugoboka abaturage, Perezida w’icyo gihugu Evariste Ndayishimiye yahereye ku bakozi bo mu biro bye, buri wese amugenera ikilo kimwe(1kg) cy’inyama. 😣 😫 😝 


Share:
Scroll to Top