Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Forum

nta mparage ihuza i...
 
Notifications
Clear all

nta mparage ihuza imiterere y’amabara yayo n’indi. Umukozi wa Pariki y’Akagera ushinzwe kuyihuza n’abaturage akaba n’umuyobozi wa ba mukerarugendo utarabigize umwuga, Tuyisenge Martin.

2 Posts
1 Users
0 Reactions
22 Views
RwandaNziza
Posts: 664
Topic starter
(@rwandanziza)
Noble Member
Joined: 6 months ago

Umukozi wa Pariki y’Akagera ushinzwe kuyihuza n’abaturage akaba n’umuyobozi wa ba mukerarugendo utarabigize umwuga, Tuyisenge Martin, avuga ko nta mparage ihuza imiterere y’amabara n’indi n’ubwo uzirebye atamenyereye ibyazo abona zoze zisa. 😎 😎 😍 

Nta mparage ihuza imiterere y’amabara n’indi

Imparage ni inyamaswa igira ibara ry’umukara n’umweru ariko ngo imirongo y’ayo mabara iba itandukanye, nta yihuza n’indi imiterere y’imirongo yayo.

Ikindi ngo ni uko ibara ryayo ari ryo uzizi aheraho atandukanya igitsina cyazo kuko kiba gihishe cyane kidapfa kugaragara. 😉 😉 😌 

Reply
1 Reply
RwandaNziza
Posts: 664
Topic starter
(@rwandanziza)
Noble Member
Joined: 6 months ago

Imparage ihaka amezi 12 kandi ikabyara icyana kimwe uretse ko ngo binashoboka ko yabyara ibyana bibiri icyarimwe, ndetse ikaba yanabyara imbyaro nyinshi kuko ifite igihe cyo kubaho kiri hagati y’imyaka 25 na 30.

Icyana cy’imparage cyonka hagati y’amezi 8 na 11, ikigabo kikaba gitangira gushaka umuryango wacyo ku myaka itandatu.

Reply
Scroll to Top