Abode Tidings

Perezida w’u Rwanda...
 
Notifications
Clear all

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame arasaba abanyarwanda kwirinda icyo ari cyo cyose cyabakururira umwiryane ushobora gusenya igihugu. Perezida Kagame yabisabiye mu muhango wo guherekeza bwa nyuma Koloneli wavuye ku rugerero Yoseph Karemera uheruka gutab

1 Posts
1 Users
0 Reactions
29 Views
Posts: 0
Topic starter
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago

😡 😔 Muri uwo muhango nta gihugu cy’amahanga Kagame yashyize mu majwi ariko ntiyabuze kwibutsa ko hari abantu bo hanze bashaka kwivanga mu mitegekere y’u Rwanda bagamije kugena uwategeka Abanyarwanda. 😉 😉 


Share:
Scroll to Top