Notifications
Clear all
Nov 13, 2024 4:33 pm
Serivisi ya mbere yashyizweho ku ikoranabuhanga ni iyo kwemeza impapuro za Leta zivuye mu mahanga kugira ngo zikoreshwe mu Rwanda.
Abazajya bashaka iki cyangombwa bazajya babanza kwaka icyemezo na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu gihugu cyabo, cyane cyane ku byangombwa bituruka mu bihugu bitari mu masezerano ya Apostille.
Amasezerano ya ‘Apostille’ yorohereza abantu kubona no gukoresha inyandiko zemewe n’amategeko mu bihugu byose byayashyizeho umukono. U Rwanda rwayashyizeho umukono mu mpera za 2023.