Notifications
Clear all
Serivisi nshya zirimo n’iyo guhabwa ububasha bwo guhagararira undi muntu zashyizwe ku Irembo
Posts: 0
Topic starter
Nov 13, 2024 4:33 pm
(@Anonymous)
Joined: 1 second ago
Serivisi ya mbere yashyizweho ku ikoranabuhanga ni iyo kwemeza impapuro za Leta zivuye mu mahanga kugira ngo zikoreshwe mu Rwanda.
Abazajya bashaka iki cyangombwa bazajya babanza kwaka icyemezo na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu gihugu cyabo, cyane cyane ku byangombwa bituruka mu bihugu bitari mu masezerano ya Apostille.
Amasezerano ya ‘Apostille’ yorohereza abantu kubona no gukoresha inyandiko zemewe n’amategeko mu bihugu byose byayashyizeho umukono. U Rwanda rwayashyizeho umukono mu mpera za 2023. 🤣
Forum Jump:
Topic Tags:
Serivisi ya mbere (1)
,
iki cyangombwa (1)
,
Minisiteri y’Ububanyi n’ (1)
,
ku byangombwa (1)
,
Forum Information
- 1 Forums
- 1,369 Topics
- 1,975 Posts
- 1 Online
- 5 Members
Our newest member: Adil Adi
Forum Icons:
Forum contains no unread posts
Forum contains unread posts
Topic Icons:
Not Replied
Replied
Active
Hot
Sticky
Unapproved
Solved
Private
Closed