Notifications
                
            
                Clear all
    
            
        
         Main Forum
        
    
    
                    
                        
                        1                    
            Posts
        
        
                    
                        
                        1                    
            Users
        
        
                    
                        
                        0                    
            Reactions
        
        
                    
                        
                        61                    
            Views
        
        Oct 16, 2024 1:54 pm
                        Abashinjacyaha bavuze ko bagiye gutangira iperereza kugira ngo barebe uko byagendekeye buriya bwato butoya bari barimo.
Ntabwo ari ubwa mbere abantu baburiwe irengero mu nyanja babonetse nyuma y’iminsi myinshi.
Inzobere yabwiye Ria Novosti uko abasirikare bane b’Abasoviyeti babayeho iminsi 49 mu bwato buto mu nyanja ya Pasifika mu 1960, mbere y’uko babonwa n’ubwato bwa Amerika butwara indege.
 
				