
Imigani migufi itangaje kandi isekeje kurusha indi yose uzi.
Nubwo ivugitse muburyo bunyarutse ariko irusha Ibindi byose kuranga umuco w’abanyarwanda aho usanga abantu bayifashisha mu kumenya uburezi n’uburere,imibanire,kugira inama abandi ndetse no kubakosora bababurira.
Nubwo iyo migani ivuga umuco nyarwanda ariko hari iyo usanga ivuga kubintu biteye isoni kuburyo ndetse n’abantu badakunze kuba bayisanzuramo ngo bayikoreshe kubera uko ivugitse, aha turahabona imwe mu migani igiye itangaje wakwibaza niba koko yarahimbiwe Impamvu yo kubaka umuco cg se isebanya rishingiye ku mvugo nyandagazi. gusa ino

Jacky wambara ubusa ( Usanase Sharon ) , nawe yambara imyambaro nyandagazi
Usanase Sharon wamamaye ku mbuga nkoranyambaga no mu ndirimbo agaragaramo nka Jacky, yambitswe impeta na Stevo watumye ahindura imyitwarire ye.
nawe soma iyo migani wumve
Hano imigani irimo imvugo nyandagazi
- Babona zireresa amabya bakagira ngo zimya zose.
- Barihima ba Mujyanama yasanze bamwendera umugore yica imboro.
- Gishira ibyara ntigishira amazi.
- Ibuguma y’umushino imira imikangara itanu.
- Ifuni y’imboro iruta umujyojyo w’igituba.
- Ijambo ribi rivana imboro mu gituba
- Imbeba yakubise amabya ku ishyiga iti ntacyo bitwaye hazashibuka andi.
- Imboro mbi ni idafite ifaranga.
- Imboro mbi ni itabyara.
- Imboro nyamuniga iruta imboro rurizo.
- Imishishi y’imishino ntishira inogonora.
- Inyamibwa y’imboro ni ishyutwe.
- Inzigo y’imboro ihozwa indi.
- Iyo agashungo gashize, agashino kayora ivu.
- Iyo nyokobukwe akunze ukurura ihururu.
- Iyo urugo rwarazwe imishino, umwana w’umukobwa avukana itanu.
- Nta gufwa ry’umusundi rirenzwa urugo.
- Nta mboro mbi yambaye ifaranga.
- Nta muteja w’imboro.
- Nta mwinjira ugira ijambo.
- Nta nkumi yigaya ikibero (itako, ubuto), n’irwaye igisebe ica inzaratsi.
- Ntawanga umuruho ashyukwa.
- Ntawe ubura ishyano ashyukwa
- Nyirambigirambizi yiciye ururasago ku gituba rwanga kuva ati: turaturanye n’ejo nzongera.
- So aguha umugore ntamukwendera.
- Tega amatini ngo urabona amatuba
- Kabutindi itera umugore kwikuruza.
- Kamenyero yenze nyina.
- Kitirirwa umwana kagatera nyina ibondo.
- Kwa nyokorome uherekwa na nyoko.
- Mujinya wa Nyamwijinya yasanze umugore we yasambanye aragaca
- Ubugore si amabere n’ihene irayagira.
- Ubunwa bwagusomeye umugabo burakwongorera ntiwumve.
- Ubusabusa bw’umusundi buvura imboro umusonga.
- Ubushiki ni uburibwa.
- Ubwiza bw’umukobwa ntibwamubujije kuruha.
- Ubyaye nabi aramutswa (atukwa) n’abakwe.
- Ubyinana na mucyeba ntahumbya.
- Ucyenze rimwe ntaba akimaze.
Ifoto isekeje cyane

Inzozi z`umukene

Ndi umwanditsi ahangaha kuri uru rubuga, ibindi mu zambaze.