
Ishimwe vestine wo muri Vestine na Dorcas, ubu yamaze gutandukana na wa mugabo we bari barasezeranye kuzabana akaramata
Ishimwe Vestine, renowned for her gospel music alongside her younger sister Dorcas, entered into a civil marriage with her fiancé in a ceremony held at Kinyinya Sector, Gasabo District, on January 15, 2025.
The celebrated artist, beloved by many across Rwanda, wed a young man from Burkina Faso in a discreet event officiated by a civil registrar. The ceremony began at 4 PM.
Strict privacy measures were in place, as no photos or videos were permitted during the ceremony—a directive reportedly issued by her music management team.
Vestine and Dorcas, siblings hailing from Musanze District, have dedicated their lives to gospel music since their early years, inspiring many through their spiritual journey and harmonious voices.

Ubutumwa bwa Vestine bwatunguye benshi
Umuhanzi w’irindirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine uririmbana n’umuvandimwe we Dorcas, yaciye amarenga ko yaba yaramaze gutandukana n’umugabo we, Idrissa Jean Luc Ouédraogo ukomoka muri Burkina Faso.
Ku wa Gatandatu tariki 5 Nyakanga 2025, mu Intare Conference Arena nibwo aba bombi bakoze ubukwe bemeranywa kubana akaramata.

Ishimwe Vestine
Vestine ubu uri muri Canada we n’umuvandimwe we Dorcas aho bagiye gutaramirayo, yatunguye benshi avuga ko ubuzima abayemo atigeze abuhitamo kandi ko nta mugabo uzongera kumushuka.
Abinyujije kuri Instagram ahajya ubutumwa bumara amasaha 24, Vestine yagize ati “Uyu munsi ubuzima mbayemo si bwo nahisemo. Mbayeho mu buryo bubi, ntabwo mbikwiriye.”
Yakomeje avuga ko abizi ko yakoze amahitamo mabi ariko na none ngo hari igihe Imana yemera ko ibinti biba kugira ngo byigishe abantu.

Vestine na Dorcas baririmba indirimbo zo kuramya
Ati “Ndabizi ko nakoze amahitamo mabi mu buzima bwanjye, gusa nta kibazo hari igihe Imana yemera ko ibintu biba kugira ngo twige. Nize byinshi. Nta mugabo uzongera kumbeshya ngo anyangirize ubuzima.

Ndi umwanditsi ahangaha kuri uru rubuga, ibindi mu zambaze.