Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Jya kwa muganga niba udusabo twintanga twawe (amabya) twabyimbye kandi tukakubabaza

Ubundi udusabo tw`intanga (amabya) ni bimwe mubice byingenzi by’ imyanya myibarukiro gabo,

 tukanaba kandi mubice bishobora kwangizwa/kubabazwa n`impamvu zinyuranye, zirimo nizo dushobora kubona ko ari izoroheje nyamara zikaba zishobora kubabaza umuntu muburyo burenze ubwo yatatekerezaga.

Umunyarwanda ahereye kumiterere y’ibyo bice by’umubiri wacu avuga imvugo ikomeye yitwa  “Kwikoza agati kwibya” ishatse kuvuga gukora ikintu cyakugiraho ingaruka mbi nyamara yabyitaga ibintu byoroshye!

Niyo mpamvu aribyiza ko igihe cyose umugabo/Umuhungu yumvise ububabare cyangwa se akibonaho kubyimba kw`udusabo tw`intanga, agomba kwihutira kujya kwa muganga kugirango hamenyekane hakiri kare impamvu yabimuteye doreko ashobora kuba afite ikibazo gikomeye gishobora nokugeza kurwego rwo kuba umuntu yatakaza udusabo twose cyangwa kamwe muri two igihe atavuriwe igihe (aribyo twagereranya no gukonwa)

Mbese ubu buribwe ndetse no kubyimba kw`udusabo tw`intanga byaba biterwa n`iki?

Soma aha kurikira tugufitiye ibisobanuro birambuye

kanda kuri link iri aho hejuru wumve ibisobanuro birambuye.

Scroll to Top