
Nishimwe Naomie Mackenzie· Works at Models · Worked at Fashion. Via what appears to be his only Instagram post, the Ethiopian tech entrepreneur shared photos of their engagement on Monday, January 1 and said, “I am looking forward to spending the rest of my life with you and honouring God through our union @NaomiIshimwe Naomie.” He also announced that the two “are getting married” though the dates for their wedding have not been made official yet. A wedding would make Naomie the fourth beauty queen to get married since 2009, after Grace Bahati, Aurore Mutesi Kayibanda and Elsa Iradukunda
Naomie ufite Nyina witwa Fanny Uwimbabazi wishimiye cyane kuba umukobwa we Naomie Nishimwe
yegukanye ikamba rya Nyampinga.

bivugwa neza ko itsinda rya Mackenzie ririmo uyu Nyampinga wu Rwanda 2020 Naomie Nishimwe kandi
abarigize bose ari umuryango umwe harimo abo bavukana munda imwe na mubyara wabo ndetse na
Nyirasenge wabo…. Naomi is known for not sharing her private life to public, but it seems her love to Micheal is super-duper.
Micheal Tesfay is a master’s degree holder from Edinburgh University, UK in medical related field.
Author Profile
- Abode tidings Urubuga Nyarwanda, umuntu uwo ariwe wese yemerewe gutanga ho ibitecyerezo. Byiza byubaka akakuri ku umutima gasese hano kuri abodetidings
Latest entries
BlogMarch 12, 2026Bidasubirwaho itegeko rigenga umuhanda mu Rwanda ryavuguruwe, Utwaye yanyoye ibisindisha azafungwa amezi atatu: Ibihano bikarishye ku batubahiriza amategeko y’umuhanda
BlogFebruary 18, 2026Intambwe nke zoroheje wakurikiza kugira ngo urusheho kugirana n’abandi imishyikirano myiza, zishobora gutuma nawe uba inshuti wifuza ko nawe wagira.
BlogFebruary 11, 2026Umuyobozi Mukuru wa NIDA, Mukesha Josephine, na we yifotoreje i Kigali, I Kigali bizakorwa mu byumweru birindwi: Imiterere ya gahunda yo gufotora abashaka Indangamuntu koranabuhanga
BlogNovember 16, 2024Dr Gaspard Ntahonkiriye yibanda ku ndirimbo gakondo z’umuco w’Ikirundi, igicurangisho yifashisha akaba ari inanga ndetse n’ikinanda (armonica).
Abode tidings Urubuga Nyarwanda, umuntu uwo ariwe wese yemerewe gutanga ho ibitecyerezo. Byiza byubaka akakuri ku umutima gasese hano kuri abodetidings
About The Author
Abode tidings Urubuga Nyarwanda, umuntu uwo ariwe wese yemerewe gutanga ho ibitecyerezo. Byiza byubaka akakuri ku umutima gasese hano kuri abodetidings