
Last seen: May 7, 2025
nkeneye umuranga nanjye wo kubana nawe, uwo muranga agomba ku ndanga
sake sakwe soma, soma Bibiliya nta mahoro yabanyabyaha niko yesu avuga
uyu mukobwa azi ubwenge buhambaye cyane
mumenye ko buri gihugu gihitamo uwo gishaka mu igihu cyacyo, cyikanahitamo uwo kidakeneye mu igihugu cyacyo
Yakoze akazi gakomeye cyane, ndibaza ko akazi yakoze ariko yari ashinzwe muri cyiriya gihe
atura soma ibitabo anateka ubugali mu gikoni aho aba, Marie Rose Kobwa 🌹 nta mugabo agira ndamuzi, umugabo cyangwa umusore uwo ariwe wese umuk...
ahawe ikaze yafunguye umuryango wa film nyarwanda
akwiye kwihangana niko mu ubuzima bimera
uwo nawe aracyavuga nanubu koko ntabwo ari bwa ceceke
ku mutuka gusa batamukubise bakabafunga? aka ni akataraboneka ni ukuri ndabarahiye