Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Forum Replies Created

RE: Muhanga, mu Rwanda 🇷🇼 Polisi yafunze abakecuru babiri bemeye ko ari abarozi, 💖 💓 abo bakecuru babiri bemeye no gutanga uburozi barogeshaga abantu buratwikwa🤪

abarozi bakwiye kujya bafungwa muri Gereza bagahamayo, ariko ikibabaje ni uko bashobora kuroga abafungwa igihe baba bafunganwe hamwe muri Gereza 😎

In forum Main Forum

1 year ago
Bibiliya yuzuyemo inkuru zitubwira ukuntu Imana yagiye iha Intsinzi ishyanga rye. Nk’abantu tugira igihe cyo kurwana na Satani ariko Imana iba iri hafi yo kuduha imbaraga. Ushobora kubaho ubuzima bwuzuye intsinzi binyuze muri Yesu Kristo

Abakorinto 15:57 Ariko Imana ishimwe iduha kunesha ku bw’Umwami wacu Yesu Kristo 😎 Abaroma 8:37 Oya, ahubwo muri ibyo byose turushishwaho kunesha n’uwadukunze, 😎 Abakorinto 2:14 Ariko ...

In forum Main Forum

1 year ago
Nk’abakiristo, dufite imbaraga zo gutsinda ubwoba dufashijwe na Mwuka Wera, Impinduka yose ije mu buzima bwawe ishobora kugutera ubwoba ukumva wabivamo, ariko Imana itubwira ko tutagomba kugira ubwoba. Iyi mirongo ishobora kugufasha mu gihe nk’icyo

Zaburi 23:4 😀 Naho nanyura mu gikombe cy’igicucu cy’urupfu, Sinzatinya ikibi cyose kuko ndi kumwe nawe, Inshyimbo yawe n’inkoni yawe ni byo bimpumuriza. 😘 Zaburi 118:6 😆 Uwite...

In forum Main Forum

1 year ago
Kwiganyira ni intwaro ikomeye Satani akoresha akadukura mu munezero utangwa no kuba muri Kristo Yesu. Duhorana amaganya kubirebana n’ejo hazaza, uko tuzabaho n’ibyo tuzarya ariko Imana idusaba kutiganyira ahubwo tukayizera. Fata akanya usenge maze us

Matayo 11:28-30 “Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura. 29.Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu m...

In forum Main Forum

1 year ago
Imana ni urugero rwiza rw’urukundo kuri twe. Urukundo Imana yarutweretse yohereza Umwana wayo kudupfira. Iyi mirongo iragufasha kumenya icyo gukunda Imana n’anantu aricyo. Ushobora kuyikoresha werekana uburyo Imana ari urukundo

Abakorinto 13:4-8 Urukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, 5.ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza ikib...

In forum Main Forum

1 year ago
Ese Yerusalemu ivuze iki ku bakirisitu? Yerusalemu ifite umwanya w’ingenzi mu kwemera kwa gikristu. Mu gisobanuro muzi cyawo, “Umurwa w’amahoro”, Ku bakristo ni urufunguzo rw’ukwemera kwabo gushingiye ku kwizera Umwana w’Imana Yesu Kristo, Umwami w’a

Uyu ni wo Mujyi yakiriwemo nk’Umwami, yababarijwemo mu cyibo cy’igihano cyari kigenewe umunyabyaha wese wo mu isi, ni ho yabambwe, ni ho yazukiye atsinze urupfu, ni na ho azashinga ikirenge agarutse g...

In forum Main Forum

1 year ago
Ese ko intumwa zabanye na Yesu, zihabwa umwuka wera zavuze mu dimi zisanzwe ziriho, abavuga ko bavuga mundimi zitazwi babikurahe?

Iyo uganira n’abantu,ukaba uzi indimi nyinshi,hari igihe wisanga washyizemo n’ibyo abo muganira batumva.uko niko biba kumuntu uvuga mundimi,kandi umwuka aradusabira,iyo adusabira rero avuga mururimi r...

In forum Main Forum

1 year ago
Byuka urabagirane, umucyo wawe uraje bivuze iki? Ibi bivuze guhaguruka ugakora imirimo yawe kuko ubonye ubufasha bukomeye ?

Uwambere ati 😍 Bivuze ko umuntu yari mu mwijima igihe kirekire, satani yaramuboheye mu mwijima, birashoboka ko ari ibibazo yahuye nabyo, cangwa se ibigeragezo , cangwa se amakuba, birashoboka...

In forum Main Forum

1 year ago
Mbese muri iki gihe niki twakigira kuri Yobu? Waba uzi umuntu wasubiza kino kibazo ?

igisubizo kimwe Kwihangana mubigeragezo, Guhamya uwo wamenye, Kwizera Imana , no Guca bugufi ni imbuto nziza zaranze Yobu. Kuba maso no Kwirinda icyaha kubwo kwomatana n’Uwiteka, Kutagira ubugugu k...

In forum Main Forum

1 year ago
Gusoma mu izina rya Yesu bisobanuye iki? Ese umuntu akwiye kubivuga koko cyangwa ni imigenzo idafite icyo isobanuye mu buryo bw’umwuka.

Igisubizo cya mbere kigira giti 😀 Gusoma mu izina rya Yesu, cg kugira ikindi kintu ukora mu izina rye; nko kwigisha, kuririmba, gufasha abakene,gucuruza, kwiga,guhinga….ni ukubikora muri wowe...

In forum Main Forum

1 year ago
Ibibazo bitandukanye birebana na Yesu ? Yohana yita Yesu NDE Vuga “NDI (NI JYE)” Yesu yavuze zose (uko yiyise =I AM or Je SUIS) ndetse n’aho tubisoma, tubona mu butumwa bwiza bwa Yesu Kristo uko bwanditswe na Yohana

Dukurikije ibyo twasomye mur’ubu butumwa; ni nde muntu wabonye Yesu bwa mbere amaze kuzuka (amazina yose n’umurongo)?Ni rihe jambo Yesu yabwiye abigishwa be bwa mbere ubwo yahuraga nabo nyuma yo kuzuk...

In forum Main Forum

1 year ago
Nigute twabona Bibiliya yanditswe mu rurimi rw’ikinyarwanda?

Nigute twabona Bibiliya yanditswe mu rurimi rw’ikinyarwanda? ku abanyarwanda basoma ikinyarwanda batuye mu amahanga? Waba uzi umuntu wasubiza kino kibazo ? Cyohereze hano hasi 🤔 ὠ...

In forum Main Forum

1 year ago
Ese ni ryari umuntu atuka umwuka wera? Iyo usomye mu butumwa bwiza bwanditse muri Yohana 1:29, havugaa ko Yesu Kristu yaje mu isi gukuraho ubwandu bwose bw'icyaha,

Muri Matayo 12:31, haragira hati “Ni cyo gitumye mbabwira yuko abantu bazababarirwa icyaha cyose n’igitutsi, ariko gutuka Umwuka ni icyaha kitazababarirwa”. Muri Matayo 12:31, haragira hati “Ni cyo gi...

In forum Main Forum

1 year ago
Kuki abantu b’Imana batagikora ibitangaza bikomeye nk’abatubanjirije, urugero Paulo na Sila mu nzu y’imbohe

Ariko mu gicuku Pawulo na Sila barasenga baririmbira Imana, izindi mbohe zirabumva. Uwo mwanya habaho igishyitsi cyinshi, imfatiro z'inzu ziranyeganyega, inzugi zose ziherako zirakinguka, iminyururu y...

In forum Main Forum

1 year ago
IBYO ABADIVANTISITI B’UMUNSI WA KARINDWI BIZERA, Benedata na bashiki bacu,nshuti z’umusabara turashimira Imana cyane kubw’ijambo ryayo riri muri ikigitabo.N’imbaraga yayo yatumye gihindurwa m’ururimi rwacu.

Tukaba tubashishikariza kubwo gufashwa n’Umwuka wera kwiga ikigitabo tugasobanukirwa neza nibyo twizera 🍟 .Kuko umwanzi yifashishije intwaro ikomeye uhereye kera kose yo kuduheza mubujiji bwo ...

In forum Main Forum

1 year ago
Page 18 / 46
Scroll to Top