Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Ubuvanganzo ni ijambo ry’ikinyarwanda risobanura “literature” mu cyongereza. Ni urwego rw’ubuhanzi rufite intego yo kugaragaza ibitekerezo, amarangamutima, n’ubuzima bw’abantu mu buryo bw’inyandiko. 

Ubuvanganzo bushobora kubamo ibice bitandukanye, birimo

  1. Ibisigo: Ni imivugo ikozwe mu buryo bw’ibisigo, ikaba ikunze gukoreshwa mu kugaragaza amarangamutima n’ibitekerezo by’umwanditsi.
  2. Inkuru: Izi ni inyandiko zigaragaza ibitekerezo, imico, n’ubuzima bw’abantu, zishobora kuba iz’ukuri cyangwa iz’ibitekerezo.
  3. Noveli: Ni igitabo kirekire gikoze mu buryo bw’inkuru, kikaba kigamije kugaragaza ubuzima bw’abantu n’ibibazo bahura nabyo.
  4. Ibyanditswe: Ibi ni inyandiko z’ubuvanganzo zishobora kuba ziri mu buryo bw’inyandiko, ibitabo, cyangwa ibindi bikorwa byanditse.
  5. Imivugo: Ni uburyo bwo kugaragaza ibitekerezo mu buryo bw’ibisigo, ikaba ikunze gukoreshwa mu muco nyarwanda.

Ubuvanganzo bufite uruhare runini mu gusigasira umuco, kugaragaza ibitekerezo by’abantu, no guteza imbere ururimi. Ni uburyo bw’ubuhanzi bufasha abantu kumvaUbuvanganzo

Ubuvanganzo nyarwanda harimo ibisigo ndetse hamwe n`i Imigani miremire aha sobanukirwa muri make

IMIGANI MIREMIRE

imigani miremire ni bumwe mubuvanganzo bwo muri rubanda twayisigiwe nabakurambere ndetse nabo twakomotseho ,imyinshi twayiciriwe nabandi bantu,indi twayigiye mumashuri ,imwe muriyo ni migani yi bitekerezo,indi ikaba yaragiye igendera ku nkuru zabayeho.

Seruka turebe

INGERO ZIMIGANI MIREMIRE

.uburyarya bwa bakame;nu mugani muremure kandi ntekerezo ukuba ugaragaza uburyo bakame yanze gufatanya nabandi gufukura iriba nyuma ikifuza amazi ,izindi nyamaswa bikarangira ziyivumbuye ku buryarya bwayo.

.Maguru ya sarwaya;nu mugani uvuga ku mugabo witwaga maguru ya sarwaya yari umuhigi ,nyuma aza guhiga insibika insibika ibonyeko atwaye umurizo wayo iza kwihindura umukobwa mwiza ,maguru ya sarwaya imubonye iramutereta ,ihita ihinduka insibika

Nyashya na baba;nu mugani ugaragaramo abana  babiri aribo nyashya nu numuhungu baba bakaba barabaga bonyine ntababyeyi bafite,babaga mwishyamba batunzwe no gutega utunyoni ,haza kuza igipyisi gishaka kurya nyashya ,baba yagiye guhinga,birangira baba akishe.

.Ndabaga;nu mugani uvuga ku mukobwa witwaga ndabaga,akaba yarakuze atabona se kuko yari yaragiye kurugamba ,ndabaga yaje kwifuza kujya kuzungura se kurugamba kandi ari umukobwa ,yibagisha amabere ,yitoza imirimo ya gihungu,biza kurangira agiye kumuzungura ,umwami abimenye ahita amugira umugore.

.Ngunda;uyu nu mugani uvuga ku mugabo wigisambo wabayeho bita ngunda akaba yaragiraga inda nini cyane ,akaba ari igisahiranda,kandi akaba yari yarogogoje abantu.

Abagore bari ku byina indirimbo za gakondo, muri make imbyino nyarwanda

.Ndabaga;nu mugani uvuga ku mukobwa witwaga ndabaga,akaba yarakuze atabona se kuko yari yaragiye kurugamba ,ndabaga yaje kwifuza kujya kuzungura se kurugamba kandi ari umukobwa ,yibagisha amabere ,yitoza imirimo ya gihungu,biza kurangira agiye kumuzungura ,umwami abimenye ahita amugira umugore.

.Ngunda;uyu nu mugani uvuga ku mugabo wigisambo wabayeho bita ngunda akaba yaragiraga inda nini cyane ,akaba ari igisahiranda,kandi akaba yari yarogogoje abantu.

nindi nindi…imigani miremire rero ikaba ikundwa gukoreshwa mu gihe abantu bataramye ,bari kuganira ku muco nyarwanda .imigani miremire kandi igira ibiyiranga ;igira amakabyankuru,ivuga ibintu bitabayeho nibindi. Rero amakuru yerekeye imigani mireremire aya

imigani miremire nubuvanganzo bwo muri rubanda

Leave a Comment

Scroll to Top