Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Blog

Blog, News

Dr. Donald Kaberuka yavuze ko iri shuri rije ari igisubizo kuko rizashingira ku gushaka ibisubizo binyuze mu nzira za Afurika, ndetse bikagirira umumaro n’Isi yose.

Igitekerezo cyo gutangiza African School of Governance ni icya Perezida Kagame na Hailemariam Desalegn wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopie.
Dr Donald Kaberuka ni umwe mu Banyarwanda bafite amateka akomeye ku ruhando mpuzamahanga nk’umuhanga mu by’ubukungu. Ubu ni Intumwa y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yihariye mu kurwanya COVID-19.

Ni Umuyobozi Mukuru w’Ikigo SouthBridge gitanga ubujyanama kuri za guverinoma no ku bikorera muri Afurika ku bijyanye n’ishoramari ndetse n’ubucuruzi.

Mu biganiro byateguwe na Banki Nkuru y’Igihugu bigaruka ku miyoborere mu by’imari iboneye muri ibi bihe by’icyorezo cya Covid-19, yagiriye inama abayobozi bajya mu nama z’ubutegetsi ko bakwiriye kuzijyamo batekereje neza.

Dr Kaberuka yavuze ko yigeze gutumirwa i Vatican na Papa Francis mu nama yari yitabiriwe n’abantu 20 bafite aho bahuriye n’ubukungu.

Icyo gihe Papa Francis yari ari kwandika “Encyclical”, inyandiko iba igenewe Abakirisitu ivuga ku ngingo runaka. Papa yari afite impungenge zijyanye n’imiterere y’ubukungu ku Isi.

Yibazaga amahame ya muntu mu bijyanye no kugenzura no gukoresha umutungo.
Icyo gihe ngo Papa yabwiye abari bitabiriye ko kuva muntu yabaho, amafaranga ari ikintu gikoreshwa mu buzima bwe mu bijyanye na serivisi akeneye.

Ati “Ikibazo yatubajije, ni ikigero ki ikiremwamuntu cyabaye igikoresho cy’amafaranga. Ni izihe mpamvu?”

Yavuze ko impamvu yababajije icyo kibazo yari ishingiye ku myitwarire, uburyo abantu bakoresha amafaranga niba baba batekereje kuri sosiyete muri rusange n’ibindi.

Yavuze ko indangagaciro ari ingenzi, ko kugira ubumenyi umuntu atazifite ntacyo bimaze.

Ati “Abantu bazi ikiri ukuri n’ikitari cyo ariko kuko ibyo bazi bihabanye n’indangagaciro zabo bakora amakosa. Hanyuma Sosiyete ikaba ariyo ibigenderamo.”

Yavuze ko atari byo ko umuntu arangiza Kaminuza ku myaka 25 ariko ku myaka 27 akaba ashaka kuba umwe mu batunze umutungo ubarirwa muri za miliyari.

Indangagaciro mu rwego rw’imari yagaragaje ko ari ingenzi kuko arizo zituma umuntu akora ikintu kiboneye.

Ati “Niba hari ikintu ubona muri banki yawe kitari kugenda neza, ukagira ubushake bwo kuvuga Oya. Ubumenyi, umutima n’ubushake ubifite wagana mu cyerekezo cyiza.”

Dr Donald yabajije abayobozi b’Inama z’Ubutegetsi niba ibyo bakora mu kazi kabo ka buri munsi baba batekereza inyungu rusange za Sosiyete. Yavuze ko ibyo bidasaba ubunararibonye ahubwo bisaba ko umuntu aba ashyize ibintu ku mutima kandi n’ibyo akora bikajyana n’uko abyemera.

Dr Donald Kaberuka yavuze ko kuva yava muri BAD, yanze kugira inama n’imwe y’ubutegetsi ya banki y’ubucuruzi ajyamo n’ubwo yegerewe na nyinshi mpuzamahanga.

Yavuze ko ari inshingano zikomeye ku buryo n’umuntu udafite ubumenyi n’ubunararibonye afashwa akabugira.

Gusa ngo igisabwa cyane muri aka kazi ni umutima wo kugakora neza, asaba abantu ko niba bashyizwe mu myanya nk’iyo bakwiriye kubitekerezaho neza bakumva ko ibyo bari gukora bitari mu nyungu z’abantu bake, ahubwo ari sosiyete muri rusange.

Ati “Kuva nava muri BAD, nanze kujya mu nama n’imwe ya banki y’ubucuruzi kandi negerewe na banki mpuzamahanga z’ubucuruzi ndabyanga. Kuko numva inshingano zo kwicara mu nama y’ubutegetsi ya Banki y’Ubucuruzi.”

Yavuze ko ari umwanya ukomeye utagamije gushimisha abayobozi cyangwa se wo kujyamo by’izabukuru. Ati “Nubwo waba udafite ubunararibonye, wafashwa, ariko niba utabishyizeho umutima, amahame yo kubikora, ntabwo bikunda.”

Dr Kaberuka agaragaza ko umuntu uri muri uwo mwanya yisanga ari inshuti n’abayobozi bakuru b’ikigo cye, akabona amakuru adashobora kujyaho impaka.

Ati “Mu gihe abantu batoranyijwe kugira ngo bajye mu nama z’ubutegetsi z’ibigo runaka bakwiriye kumva neza ko batari gufasha itsinda rito ry’abantu ahubwo uri guha serivisi sosiyete yose muri rusange. Ntabwo ari ukuvuga ngo ukora bijyanye n’amakuru uhawe, niba umuyobozi mukuru aguhaye amakuru utishimiye, urabaza.”

Dr Kaberuka yayoboye Inama y’Ubutegetsi ya Global Fund ifite ingengo y’imari ya miliyari zirenga 14 z’amadolari gusa ngo igihe cyose iyo yabonaga amakuru yumva atamunyuze, yarasobanuzaga.

Ati “Kandi icy’ingenzi ni icyo ukoresha ayo makuru. Abantu batoranywa ngo bajye muri izo nama z’ubutegetsi bakwiriye kumva neza inshingano zabo.”

Dr Kaberuka yavukiye i Byumba mu 1951. Afite ubunararibonye mu rwego rw’imari mu bijyanye n’amabanki, ubucuruzi mpuzamahanga n’iterambere hamwe n’imiyoborere. Yabaye Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi w’u Rwanda kuva mu 1997 kugera mu 2005.

Blog, News

Igitsina cy’umugabo cyangwa Imboro umwanya mwibarukiro w’umugabo.

Ibintu bidasanzwe bisohoka mu igitsina

cyangwa Ibintu bisohoka mu gitsina badasanzwe (discharge, écoulement): bwa mbere na mbere bishobora guterwa n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, cyane cyane iyitwa chlamydia. Izo ndwara kandi zishobora no kwandurira mu mibonano yo mu kanwa (sexe oral) cyangwa yo mu kibuno.

Ibisohoka bishobora gusa nk’ibibonerana, nk’umuhondo, nk’amaraso, nk’icyatsi, nk’ibifashe, cyangwa bimase (collant, sticky).
Ibi usanga bijyanye n’ububabare mu kunyara cyangwa se ntibunahabe.

Priapisme : Ishobora guterwa n’abantu ku giti cyabo igihe biteye imiti yo kugirango igihe cyo gushyukwa kibe kirekire, ibyo bikorwa kenshi n’abafite ikibazo cyo kudatinda, cyangwa se batanashyukwa namba. Gukomereka kw’umutsi wo mu gitsina bigatuma uba utagishoboye gukamura amaraso aza mu gitsina mu gihe cyo gushyukwa. Imiti nka anticoagulants, neuroleptiques na psychotropes nayo ishobora gutera icyo kibazo.

Gushyukwa kudahagarara (kurengeje amasaha ane), biba byatewe n’uko amaraso aba yaheze mu gitsina.
Kuribwa kuza ntakintu kibaye kandi kugatinda
Kuribwa kuza gutewe n’imibonano mpuzabitsina.

Gutwara neza igitsina no kwirinda kugihungabanya, kugikomeretsa no kukibabaza. Igihe igitsina cyakomeretse, fata barafu (glaçons) ushyire mu mwenda maze ukoze ku gitsina ahakomeretse, hanyuma hagarika imibonano, maze unywe imiti igabanya ububabare nka paracetamol, cyangwa se brufen.

Kuri priapisme, naho fata agatambaro ushyiremo barafu ushyire ku gitsina, nibiramuka byanze nyuma y’isaha imwe igitsina kigifite umurego, ihutire kwa muganga kuko ibi bishobora kwangiza ibigize igitsina bituma gifata umurego (érection).

Blog, News

Ishirahamwe ALUSHOTO risaba umugwi wigenga utohoza ku manyanga yabaye mw’irekurwa ry’abanyororo mu Burundi

Nko mw’ibohero rikuru rya Rumonge avuga “mu barekuwe harimwo abantu 7 batari ku rutonde kubera bagirizwa ivyaha vyo kwica no gufata ku nguvu.

“I Bururi harekuwe abantu 11 batari babifitiye uburenganzira. I Gitega harekuwe 3. I Bubanza na ho harekuwe 7.”

Vianney Ndayisaba abona kandi ko amanyanga yabaye ari mu vyatumye ikigongwe c’umukuru w’igihugu kitaja mu ngiro ijana kw’ijana.

Ikindi giteye umutima uhagaze umuhuzabikorwa muri ALUCHOTO, ni uko ngo hari n’abejejwe mu butungane canke abarangije umunyororo ariko bagumye mu mvuto.

Mu burorero atanga harimwo ibohero rikuru rya Mpimba (Bujumbura mairie) yemeza ko hariyo abantu 101 barangije umunyororo canke bejejwe ariko bagumye bapfunzwe.

Mw’ibohero rikuru rya Rumonge avuga ko hariyo abantu 37. Gitega abantu 63. Muramvya 13. Bubanza 13 nyene.

Ndayisaba asaba umukuru w’iguhugu gushiraho umugwi wigenga ugizwe n’abo mu biro iwe hamwe n’abo muri CNIDH (umugwi w’igihugu ujejwe agateka ka zina muntu) kugira ugire amatohoza yimbitse ku vyabaye maze abagize uruhara bose mu vyabaye bahanwe bimwe vy’akarorero.

Asaba kandi ko abari bakwije ibisabwa kugira bashirwe ku rutonde rw’abatezurirwa ariko batarushizweko n’abarangije umunyororo canke abejejwe bagipfunzwe borekurwa ata gisabwe.

Blog, News

Imbunda ya pisitori ya Kapiteni Ibrahim Traoré (ibumoso) yarabonekaga neza ubwo yasuhuzaga Perezida mushya wa Ghana John Mahama (iburyo)

Umubano hagati ya Ghana na Burkina Faso wifashe nabi, by’umwihariko nyuma yuko uwari Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo ashinje Traoré gucumbikira abacanshuro b’Abarusiya.

Kuba Traoré yaritabiriye uwo muhango w’irahira byabonywe nk’ikimenyetso gikomeye cyo mu rwego rwa dipolomasi kigamije kuzahura umubano hagati y’ibihugu byombi.

Umusanzu wa Ghana ni ingenzi cyane mu gufasha Burkina Faso gucyemura ikibazo cy’intagondwa zigendera ku mahame akaze yiyitirira idini rya Isilamu, zigaba ibitero byicirwamo abantu, ziteje inkeke ku bihugu bikora ku nyanja byo muri Afurika y’uburengerazuba.

Blog, News

Prezida w’Uburundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa kane, yirukanye abategetsi batatu,

Ibikorwa vyo kurekura abanyororo bahawe imbabazi na prezida vyatanguye itariki ya 16 z’ukwezi kwa 11 mu 2024. Kugera ino saha, benshi muri abo yamara ntibararekurwa nkuko vyemezwa n’amwe mu mashirahamwe akorera mu Burundi.

Yari yategetse ko ico gikorwa gisozerwa igenekerezo rya 27 z’ukwezi kwa cumi na rimwe ko mu 2024. Yamara, mu mabohero atandukanye arimwo ibohero rikuru rya Mpimba, ibikorwa vyahagaze igenekerezo rya 23 ry’uko kwezi. Muri iryo bohero, hari kurekurwa abanyororo 2.800, ariko harekuwe abagera ku 1.200 nkuko iryo shirahamwe ryabisiguye.

Mu tundi tunenge amashirahamwe yadomyeko urutoke, harimwo abanyororo wasanga bagirizwa icaha kimwe, ariko hakarekurwa umwe abandi bakaguma mu buroko, ndetse n’abanyororo basohokera kw’izina rimwe bagera kuri batatu canke babiri.

Ijwi ry’Amerika twagerageje kurondera umurwi w’igihugu ujejwe ivy’agateka ka zina muntu, CNIDH, kugira twumve ico ugona kuri iki kibazo, ariko ntitwashoboye kuronka abawutwara.

Scroll to Top