Forum Replies Created
|
Imbwa icunga urugo igacunga amatungo, Imbwa ni icyororwa cyiza cyane mubimenye Imbwa iyo udahari igucungira urugo, rimwe na rimwe imbwa irakurinda ngo ntihagire uwugukoraho 😉 😮 🤑 🤕 😳 Abanyarwanda bose mu kwiriye korora imbwa 🍔 ... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Inkwavu cyngwa urukwavu ni udukoko umuntu yorora, iyo urebye nabi imbwa zica inkwavu zizi ko inkwavu ari ibikoko Inkwavu umuntu arazorora ariko ugomba gucunga imbwa, kuko imbwa ahanini ntabwo ziba zizi inkwavu ko ari icyororwa, imbwa zigurango ni igikoko 😑 🙁 🍷 🌻 🤭 Imbwa z... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Ihene ikamwa amahenehene ntabwo ihene ikamwa Amata Iyo woroye ihene ugashaka kuyikama, Ibiva mu amabere yayo byitwa amahenehene 😑 😝 😛 🤑 amahenehene rero ni abaki bayanywa 🍺 🍹 🍓 👍 |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
RE: Nshuti Muheto Divine, yari afite uruhushya rwuko azi amategeko yo mumihanda. Uruhushya rumwemerera kwiga imodoka, uruhushya nkuko ntabwo rukwemerera gutwara imodoka wenyine Nshuti Muheto Divine 🙂 nafungwe ahere muri gereza ababishyigikiye mwese 🤭 ❤️ |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Nshuti Muheto Divine, yari afite uruhushya rwuko azi amategeko yo mumihanda. Uruhushya rumwemerera kwiga imodoka, uruhushya nkuko ntabwo rukwemerera gutwara imodoka wenyine Dear Muheto Divine, he drove a car and didn't rent a car 🤨 ☹ 😭 Is the car that crashed into another prize winner in Miss Rwanda 🇷🇼 2022 🥶😎Ὤ... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Seth na Nyabitanga bose bo muri Zubby comedy 😃 😀 bashobora kuzashakana kuko Nyabitanga akunda abanyamulenge kandi Seth akaba ari Umunyamulenge Seth yigeze ku dukubita Prank nyayo ngo yashakanye na Nyabitanga 😆 🤣 😂 Maze amaso yacu arashyuha ngo Nyabitanga yarongowe na Seth, Tureba videwo yose maze tugiye kumva twumva ... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Nibyo ariko ku rugero runaka gusa. Bigaragaza ko Imana igirira impuhwe abari mu bujiji, ikabadohorera. Kuko Imana ikiranuka rwose, ibara icyaha ku bantu igihe gusa bacumuye bazi neza ko ari icyaha barimo bakora. 😎 😍 😘 🙂 🤗 |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Ikindi Mbese Yesu ntiyasengeye ba basirikare bagabanaga imyambaro ye ati, “Data, ubababarire kuko batazi icyo bakora” (Luka 23:34)? Ibi se ntibishatse kwerekana ko Imana ibabarira abantu batiriwe bayibisaba... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Mbese tuvuge ko atari ngombwa ko dusaba Imana imbabazi igihe dukoze icyaha kuko hano Yesu atabivuze? Ibyo byaba bibuzemo ubushishozi dukurikije ibyo Bibiliya itubwira. Na none kandi nta bwenge burimo kwirengagiza ibindi byose Bibiliya ivuga ku kubabarira abandi bishingiye ku ko basabye imbabazi. ... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Ahangaha Yesu arashimangira gusa ko tugomba kubabarira abandi niba natwe dushaka ko Imana itubabarira. Ntabwo arimo atubwira uburyo bwihariye bwo kubabarira n’icyo umuntu agomba gukora kugira ngo undi amuhe imbabazi. Urabona kandi hano ko Yesu atavuga ko tugomba gusaba Imana imbabazi kugira ngo ibone kuziduha. None se twirengagize ibindi byose Bibiliya ivuga ku kubabarira kw’Imana gushingira ku gusaba imbabazi kwa... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Uyu murongo ntukuraho iyindi mirongo yose twamaze kubona. Twamaze kubona ko ikintu kibabaza Imana cyane ari ukwima imbabazi umuntu uzigusaba. Nuko rero dushobora gusobanura uyu murongo duhereye kuri iryo hame risanzwe rihari. 😍 😎 😀 ... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Ikivuguruza ibyo Ariko se twavuga iki ku magambo ya Yesu muri Mariko 11:25-26? Mbese ntiyerekana ko tugomba kubabarira buri muntu wese ku kintu icyo ari cy cyose tutitaye ko badusabye imbabazi cyangwa batazidusabye? Kandi nimuhagarara musenga hakaba hari umuntu wabagiriye nabi,m... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Imana iteka ishaka ko abantu bayo bakundana urukundo nyakuri, urukundo rushobora gutuma umuntu acyaha mugenzi we, ariko urukundo rutabika inzika. Iri ni itegeko riri mu mategeko ya Mose: Ntukangire mwene wanyu mu mutima wawe, ntukabure guhana mugenzi wawe kugira ngo utizanira icyaha ku bwe. Ntugahōre, ntukagirire inzika abo mu bwoko bwawe, ahub... |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Iyo dukoze icyaha Imana iradusanga mu buryo bw’Umwuka Wera uba muri twe ikatwereka icyaha cyacu kuko idukunda kandi ikaba ishaka kutubabarira. Tugomba kuyigana, tukegera mu rukundo mwene Data wadukoreye icyaha tukamwereka icyaha cye tugamije ko yakwihana, tukamubabarira hanyuma tukiyunga. 😍 😎 😀 |
In forum Main Forum |
1 year ago |
|
Mu byukuri ntibaba bababariye, kandi bigaragarira mu bikorwa byabo. Bakora uko bashoboye ngo batabonana na wa wundi wabakoreye icyaha kandi kenshi baba bavuga ukuntu yabababaje. Nta kwiyunga kuba guhari. 😍 😎 |
In forum Main Forum |
1 year ago |