Abode Tidings Urubuga Nyarwanda

Forum Replies Created

Na none twongere twibutse ko ibi bitaduhesha uburenganzira bwo kubika inzika kuri mwene Data muri Kristo waduhemukiye.

Dutegekwa gukundana. Ni cyo gituma dusabwa gusanga mwene Data wadukoreye icyaha kugira ngo turebe ko twakwiyunga, kandi kugira ngo ashobore kwiyunga n’Imana na yo yacumuyeho. Icyo ni cyo urukundo ruko...

In forum Main Forum

1 year ago
Mbese hari ukundi byakumvikana neza kurushaho? Yesu ashaka ko tubabarira bene Data igihe bihannye.

Iyo dusenga ngo, “Uduharire imyenda yacu nk’ukoo natwe twahariye abarimo imyenda yacu,” tuba dusaba Imana ngo idukorere ibyo twakoreye abandi. Ntidushobora kwibwira ko Imana yatubabarira tutayibisabye...

In forum Main Forum

1 year ago
Muri macye... Yesu ibyo adusaba mu kubabarira bene Data bigaragara neza mu magambo ye ari muri Luka 17:3-4:

Mwirinde! Mwene So nakora nabi umucyahe, niyihana umubabarire. Kandi nakugirira nabi ku munsi umwe, akaguhindukirira karindwi ati, “Ndihannye,” uzamubabarire. 😎 😍 😘 🙂 &...

In forum Main Forum

1 year ago
Mbese icyo cyaba ari igihano kitarimo akarengane ku mukristo utababarira mwene Se, mwene Se n’Imana ubwayo itababarira?

Iyo mwene data ancumuyeho, aba acumuye no ku Mana, kandi Imana ntimubabarira atihannye. Mbese imana yaba ishyize mu gaciro iramutse impaniye kutababarira umuntu na yo ubwayo itababariye? 😎 &#x...

In forum Main Forum

1 year ago
Ntibinashoboka ko Petero yaba yaratekereje ko asabwa kubabarira mwene Data utihana ukurikije igihano Yesu yavuze tuzahabwa nitutababarira bene Data tubikuye mu mutima.

Yesu yavuze ko umwenda twari twarahariwe uzasubizwaho maze tugashyikirizwa abasirikare tugakubitwa kugeza ubwo tuzishyurira umwenda tutazigera dushobora kwishyura. 🍵 💣 🌹 ǵ...

In forum Main Forum

1 year ago
Niba ari uko bimeze se, Petero yaba yaratekereje ko Yesu ashaka ko ababarira mwene se udashaka kwihana kandi utigeze asaba n’imbabazi, ikintu kitagaragara na gato muri uriya mugani wa Yesu?

Ntabwo byumvikana ko ari byo, cyane cyane ko Yesu yari amaze kumubwira ko agomba gufata mwene Data utihana, nyuma yo gutera za ntambwe zose, nk’umupagani cyangwa umukoresha w’ikoro. 😘 😍...

In forum Main Forum

1 year ago
Urabona ko umugaragu wa mbere yababariwe kuko abisabye shebuja.

Hanyuma urabona ko umugaragu wa kabiri na we yicishije bugufi agasaba wa mugaragu wa mbere imbabazi. Umugaragu wa mbere ntiyahaye umugaragu wa kabiri icyo we yahawe, kandi icyo ni cyo cyarakaje cyane ...

In forum Main Forum

1 year ago
Ntiyakunda maze aragenda amushyira mu nzu y’imbohe, kugeza aho azamarira kwishyura umwenda. Abagaragu bagenzi be babibonye barababara cyane, baragenda babibwira shebuja uko bibaye byose.

Maze shebuja aramuhamagara aramubwira ati, ” Wa mugaragu mubi we, naguhariye wa mwenda wawe kuko wari unyinginze, nawe ntiwari ukwiriye kubabarira mugenzi wawe nk’uko nakubabariye?” Shebuja ararakara,...

In forum Main Forum

1 year ago
Shebuja aramubabarira aramureka, amuharira umwenda.

Ariko uwo mugaragu arasohoka, asanga umugaragu mugenzi we yagurije idenariyo ijana [zihwanye n’umushahara w’iminsi ijana]; aramufata aramuniga, aramubwira ati, “Nyishyura umwenda wanjye.” Umugaragu mu...

In forum Main Forum

1 year ago
Abanje kubara, bamuzanira umwe muri bo yishyuza italanto inzovu[Ibi bingana n’umushahara w’imyaka 5000 ushingiye ku gihembo giciriritse cy’umubyizi mu gihe cya Yesu

Ariko kuko yari adafite ibyo kwishyura, shebuja ategeka kumugura n’umugore we n’abana be n’ibyo afite byose, ngo umwenda ushire. Umugaragu aramupfukamira aramwinginga ati, “Mwami, nyihanganira nzakwis...

In forum Main Forum

1 year ago
Gukomereza Kuri icyo gitekerezo

Yesu akimara kubwira Petero kubabarira mwene Se incuro magana ane na mirongo icyenda , aca amugani ashaka gufasha Petero gusobanukirwa icyo yashakaga kuvuga: Nicyo gituma ubwami bwo mu ijuru bwagerera...

In forum Main Forum

1 year ago
Mbese petero yibwiye ko Yesu ashaka ababarira mwene Data udashaka kwihana incuro amagana ku byaha amagana ubwo Yesu yari amaze akanya amubwiye gufata mwene Data utihana nk’umupagani cyangwa umukoresha w’ikoro ku bw’icyaha kimwe?

Ibyo sibyo rwose. Na none ntufata umuntu nk’uwo kunenwa mu gihe wamubabariye. Ikindi kibazo gikwiye gutuma dutangira gutekereza tukibaza ni iki: Niba Yesu ashaka ko tubabarira mwene Data incuro amagan...

In forum Main Forum

1 year ago
Biratangaje kubona ukuntu nyuma y’aho Yesu amariye kuvuga za ntambwe enye z’imyifatire y’itorero, Petero yabajije ati

Databuja, mwene Data nangirira nabi, nzamubabarira kangahe? Ngeze karindwi?” Yesu aramusubiza ati, “Sinkubwiye yuko ugeza karindwi, ahubwo mirongo irindwi karindwi” (Mat. 18:21-22). 😎 🤔...

In forum Main Forum

1 year ago
Itinza umujinya wayo ikabaha umwanya wo kugira ngo bihane. Ariko mu byukuri kubabarirwa kwabo biba bishingiye ku kwihana kwabo.

Imana ntibabarira umunyabyaha keretse iyo yihannye. None se kuki twakumva ko Imana yadusaba ibirenze ibyo? 🤔 😏 😪 Ubwo bimeze bityo se, ntibyaba bishoboka ko icyaha cyo kutabab...

In forum Main Forum

1 year ago
Urugero Imana itanga

Dukomeza kureba inshingano dufite yo kubabarira abandi, twakwibaza n’impamvu Imana yadusaba gukora ikintu yo ubwayo idakora. Ntidushidikanya ko Imana ikunda abantu baba bacumuye ndetse iba ikibategeye...

In forum Main Forum

1 year ago
Page 21 / 50
Scroll to Top